Umuhanzi Bruce Melodie ari mu bahanzi batanu (5) bahataniye igihembo cy’umuhanzi mwiza w’umwaka wo muri Afurika y’Iburasirazuba (Best East African Artist) mu bihembo bya Headies bitangwa n’ikinyamakuru Hip Hop World Magazine cyo muri Nigeria kuva muri 2006.
Umunyamakuru Ishimwe Adelaide wamamaye mu mikino ku izina rya Ida, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi mu gihe yitegura kurushinga na Hitimana Jean Claude nawe usanzwe ari umunyamakuru uzwi ku izina rya Hit.
Ikipe ya Police FC yasezereye Rayon Sports muri 1/2 mu irushanwa ry’igikombe kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026, iyitsinze kuri penaliti 4-2 nyuma y’uko amakipe yombi yari yanganyaije 0-0 mu mikino 90 isanzwe y’umukino.
Ikipe ya Police FC yasezereye Rayon Sports muri 1/2 mu irushanwa ry’igikombe kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026, iyitsinze kuri penaliti 4-2 nyuma y’uko amakipe yombi yari yanganyaije 0-0 mu mikino 90 isanzwe y’umukino.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 27 Kanama 2026 Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi babiri barimo Sahr Kpundeh usoje inshingano zo guhagararira Banki y’Isi mu Rwanda na Julie Crowley usoje izo guhagararira Canada bagirana ibiganiro.
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, yatangaje ko hakozwe amoko atandatu mashya ya kawa yitezweho kuzamura umusaruro ushiobora kugera kuri toni ziri hagati y’eshanu na zirindwi kuri hegitari.
Ikipe ya Kiyovu Sports yageze ku mukino wa nyuma w'igikombe kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026, nyuma yo gusezerera Mukura VS&L muri 1/2 iyitsinze igitego 1-0.