Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umuraperi Jay C yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Kampani’ yahuriye n’abandi bahanzi babiri basanzwe bakunzwe mu Rwanda, Marina na Bullgog.
Impera z’icyumweru gishize zisize impaka zijyanye n’imyambarire y’abagore n’abakobwa zongeye kuzamuka nyuma y’uko mu gitaramo “Diamond Platinumz Experience” cyabareye muri Parking ya BK Arena ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026 abatari bambaye ngo bikwize bangiwe kwinjira.
Kuva ku wa Gatanu tariki 28 Kanama kugeza ku Cyumweru tariki 30 Kanama 2026, yari impera z’icyumweru ndetse zikaba iza nyuma z’uku kwezi.Muri iyi minsi itatu habayemo ibintu byinshi mu mikino n’imyidagaduro byasize inkuru nyinshi ku mbuga nkoranyambaga n'ubu bikigarukwaho mu ntangiriro z'iki Cyumweru.Muri iyi nkuru Umunota ugiye kugaruka ku bintu byabaye mu mpera z’icyumweru gishize mu gisata cy’imikino n’imyidagaduro
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasabye abategura ibitaramo n’ibindi bikorwa by’imyidagaduro gufatanya n’abahanzi mu guteza imbere imyitwarire iboneye, by’umwihariko ku bahanzi bagiye gutaramira imbere y’urubyiruko

Imikino

Inkuru Nshya

Ikipe igizwe na Gatsinzi Venuste usanzwe akinira Gisagara VC na Niyonkuru Gloire usanzwe akinira Police VC yegukanye irushanwa rya Mamba Open Beach Tournament 2026 itsinze amaseti 2-0 ikipe ya Nzirimo Mandela usanzwe akinira EAUR VC na Munezero Cedrick usanzwe akinira APR VC.
Umuraperi Jay C yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Kampani’ yahuriye n’abandi bahanzi babiri basanzwe bakunzwe mu Rwanda, Marina na Bullgog.
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje ko abantu bakuru bagize uruhare mu gukopeza abanyeshuri mu bizamini bazakurikiranwa kandi bagahanwa, nyuma y’aho iperereza rigaragaje ko gukopera no gukopeza byabaye mu byumba 254 by’ibizamini, bikagaragaramo abanyeshuri 7,188.
Rwanda Premier League ifite Shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda, BK Pro League, yatangaje ko amafaranga yahabwaga abasifuzi yiyongereyeho ibihumbi 30 Frw (30,000 Frw) bisanga ibuhumbi 100 Frw (100,000 Frw) bari basanzwe bahabwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, nyuma ya buri mukino.
U Rwanda rwisanze mu Itsinda A hamwe na Tanzania na Ethiopia mu mikino ya CECAFA yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’umupira w’amaguru cy’Abatarengeje imyaka 20 kizabera muri Tanzania kuva tariki 15 Nzeri kugeza tariki 25 Nzeri 2026.
Impera z’icyumweru gishize zisize impaka zijyanye n’imyambarire y’abagore n’abakobwa zongeye kuzamuka nyuma y’uko mu gitaramo “Diamond Platinumz Experience” cyabareye muri Parking ya BK Arena ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026 abatari bambaye ngo bikwize bangiwe kwinjira.
Kuva ku wa Gatanu tariki 28 Kanama kugeza ku Cyumweru tariki 30 Kanama 2026, yari impera z’icyumweru ndetse zikaba iza nyuma z’uku kwezi.Muri iyi minsi itatu habayemo ibintu byinshi mu mikino n’imyidagaduro byasize inkuru nyinshi ku mbuga nkoranyambaga n'ubu bikigarukwaho mu ntangiriro z'iki Cyumweru.Muri iyi nkuru Umunota ugiye kugaruka ku bintu byabaye mu mpera z’icyumweru gishize mu gisata cy’imikino n’imyidagaduro
Sosiyete y’indege y’u Rwanda, RwandAir, yatangaje ko yasubitse ingendo ebyiri za WB452 na WB453 zari ziteganyijwe uyu munsi tariki 31 Kanama 2026, bitewe n’ibibazo bikomeje kubangamira serivisi z’igenzura ry’ingendo z’indege ku Kibuga Mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta muri Kenya.