Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umuraperi Riderman yasusurukije abaturage n’abitabiriye umuganda rusange usoza ukwezi kwa Kanama 2026, wabereye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, aho yatanze n’ubutumwa bwo kwirinda kunywa inzoga z’“ibyuma”.
Umuhanzi uririmba injyana ya Hip Hop, Bull Dogg yavuze ku cyemezo leta yafashe cyo guca inzoga zitujije ubuziranenge zizwi nk’ibyuma avuga ko hari umuntu ushobora kumva ko kigoye arebeye ku mucuruzi wari warashoyemo ariko ko ku rundi ruhande urebye ubuzima bw’abantu byagizeho ingaruka zirimo n’urupfu wakumva byari ngombwa ko gifatwa.
Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y'Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo azahakorera kizabera muri Parking ya BK Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.
Kimwe mu bintu bisigaye byitabwaho n’abitabira ibirori n’ibitaramo bitandukane ni imyambarire aho buri wese uretse kujya kwihera ijisho umuhanzi akunda no kuryoherwa n’umuziki, imyambarire nayo ni kimwe mu byitabwaho cyane muri iyi minsi.

Inkuru Nshya

Abaturage bo mu Murenge wa Ruheru, mu Karere ka Nyaruguru, basabwe gukomeza gufatanya n’inzego z’umutekano mu gukumira no kurandura burundu ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, mu gihe urubyiruko rwibukijwe kwirinda ubusinzi, ibiyobyabwenge n’indi myitwarire ishobora kubakururira ibyaha.
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko gutanga amakuru ku haba hakiri nzoga zizwi nk’ibyuma zaciwe ku isoko ry’u Rwanda kuko zitujuje ubuziranenge kugira ngo zimenwe.
Umuraperi Riderman yasusurukije abaturage n’abitabiriye umuganda rusange usoza ukwezi kwa Kanama 2026, wabereye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, aho yatanze n’ubutumwa bwo kwirinda kunywa inzoga z’“ibyuma”.
Umuhanzi uririmba injyana ya Hip Hop, Bull Dogg yavuze ku cyemezo leta yafashe cyo guca inzoga zitujije ubuziranenge zizwi nk’ibyuma avuga ko hari umuntu ushobora kumva ko kigoye arebeye ku mucuruzi wari warashoyemo ariko ko ku rundi ruhande urebye ubuzima bw’abantu byagizeho ingaruka zirimo n’urupfu wakumva byari ngombwa ko gifatwa.
Umucuruzi wo mu Karere ka Gicumbi, Umujyi wa Byumba, yishyikirije ku bushake inzego zibishinzwe amakarito 870 y’inzoga zitujuje ubuziranenge, yari afite agaciro karenga miliyoni 30 Frw, nyuma yo kubona ko ingamba zo guca burundu ibinyobwa nk’ibi zikomeje gukazwa.
Mokgweetsi Eric Keabetswe Masisi wahoze ari Perezida wa Botswana wakunze kugaragaza ko akunda u Rwanda yifatanyije n’abaturage bo mu Mujyi wa Kigali mu gikorwa cy’Umuganda ngarukakwezi.
Umutwe wa AFC-M23 watangaje ko ku wa Gatandatu tariki ya 29 Kanama 2026, imirwano hagati yawo n’ihuriro ry’ingabo zishyigikiye ubutegetsi bwa Kinshasa yakomeje gukaza umurego mu bice bitandukanye by’uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Urwego rutegura Shampiyona y'Icyiciro cya Mbere mu Bagabo, Rwanda Premier League, rwatangaje ko inkunga izagenerwa amakipe azakina BK Pro League 2026/2027 izagera kuri miliyoni 31 Frw, ivuye kuri miliyoni 10 Frw isanzweho.