Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴🔴 REBA UBUHANGA BW’ABAPOLISI || PEREZIDA KAGAME ATANGA IMIDARI N’IPETI || YERETSWE AKARASIZI

🔴🔴REBA IBITEGO BYIZA APR FC YATSINZE AL MERREIKH | UDUSHYA TWARANZE UMUKINO || PENALITI YA OUATTARA

PEREZIDA KAGAME | TUBITEZEHO KURWANYA RUSWA || IMPANURO YAHAYE ABA OFISIYE BASHYA

Reba Udushya tw’abapolisi | Ubuhanga bwo gutwara Moto n’Akarasisi | Gushari

🔴🔴 REBA IMYIYEREKO IDASANZWE Y’ITSINDA RY’ABAPOLISI BATWARA MOTO ZIFASHISHWA MU GUCUNGA UMIUTEKANO

🔴🔴 INGABO ZA RDF ZIRI MU BUTUMWA BW’AMAHORO MURI SUDANI Y’EPFO ZAMBITSWE IMIDARI Y’ISHIMWE YA LONI

🔴🔴 BAL 2026: HIGHLIGHTS || PETRO DE LOUANDA 83-69 DAR CITY || BK ARENA || KIGALI, 25 MAY 2026

Arsenal Fans in Kigali Rwanda, celebrating Arsenal; the 2026 Premier League Champions! 🏆

Imyidagaduro

Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza
Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho
Shema Arnaud de Bosscher wamamaye mu kuvanga umuziki nka DJ Toxxyk, yasubiye mu igororero rya Nyarugegenge riherereye i Mageragere , nyuma y'iminsi mike arisohotsemo.

Inkuru Nshya

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri  Santarafurika (MINUSCA), barimo Ibitaro bya Rwanda Level 2+ na RWABG VIII, kuri uyu munsi bahaye serivisi z’ubuvuzi ku buntu abagororwa 68  mu igororero rya Bria, mu Ntara ya Haute-Kotto.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Indangamuntu, NIDA, cyatangaje ko ibikorwa byo gufotora no kwemeza imyirondoro ku bazahabwa indangamuntu koranabuhanga, bigeze kuri 38% mu gihugu hose. 
Kuribwa mu gihe cy’imihango ni ikibazo gihuriweho n’abagore n’abakobwa batari bake aho ubushakashatsi bwerekana ko 80% byabo baribwa muri ibyo bihe.
Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza
Inzego z’umutekano zo mu bihugu bigize Umuryango uhuza Abayobozi Bakuru ba Polisi mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba (EAPCCO), zasoje imyitozo ihuriweho yo kurwanya iterabwoba, yabereye mu Rwanda
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2026, Polisi yo mu karere ka Nyamagabe ifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gasaka, bamennye ibinyobwa bitujuje ubuziranenge byagaragaye mu nyubako imwe yo mu kagari ka Nyabivumu, yavugwaga ko itunganyirizwamo kawunga.
Abadepite batangiye ingendo rusange mu turere twose tw’Igihugu bagamije gusura abaturage no kureba ibikorwa byo kongera umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo byatoranyijwe ndetse n’ibihingwa ngengabukungu bya kawa n’icyayi
Imyaka 25 irashize Polisi y’u Rwanda ishinzwe. Muri urwo rugendo hakozwe ibikorwa  bitandukanye bijyanye no gucunga umutekano w’abaturarwanda ndetse byarenze ku gucunga uw’imbere mu gihugu kuri ubu polisi y’u Rwanda yitabazwa no kuwucunga mu bindi bihugu byo hanze.