Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴PARIS: GUFUNGURA KU MUGARAGARO URWIBUTSO RWA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI | 2 KAMENA 2026

YAVUTSE KU MUBYEYI WAFASHWE KU NGUFU MURI JENOSIDE || UMVA UBUHAMYA BWA ALINE WAKURANYE IGIKOMERE

BAL FINALS 2026: The Dramatic Ending That Crowned RSSB Tigers Champions 90-88

Extended Highlights and Awarding| APR FC 2 – 0 GICUMBI |APR FC are BK Pro League National Champions

🔴🔴 APR FC ISHYIKIRIJWE IGIKOMBE || AFANDE CDS ARISHIMYE ATANZE UBUTUMWA ||

🔴🔴 REBA IBIRORI APR FC IKOREWE ITWARA IGIKOMBE || AKARASISI K’ABASIRIKARE || BAHAWE ICYUBAHIRO

BUMVAGA ARI INZOZI KO INKOTANYI ZIZABOHORA IGIHUGU ZIKAKIYOBORA: Madamu Jeannette Kagame

NARAYE HAFI YO KWA PEREZIDA || NDASHIMA LETA Y’UBUMWE || PATRICK WAVUYE MU MASHYAMBA YA CONGO

Imyidagaduro

Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza
Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho

Inkuru Nshya

U Rwanda n’u Bufaransa byasinyanye masezerano abiri y’ubwumvikanye harimo arebana n’ubufatanye mu bijyanye n’abimukira n’ayandi ajyanye no korohereza abagize imiryango y’abakozi bari mu butumwa bwa dipolomasi kuri buri gihugu kubona akazi mu bihugu byombi.
Perezida Kagame yashimangiye ko umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa, wubakiye ku cyizere kandi ko ubufatanye hagati y’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye bukomeje kugana aheza.
Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyundo mu karere ka Rubavu habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 imiryango yazimye muri yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko kuva ku wa 24 kugera ku wa 29 Gicurasi 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda arenga miliyari 17,3 Frw, avuye muri toni 8,869.
Minisiteri y’Imari ya Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje kuri uyu wa Kabiri ibihano bishya byafatiwe abayobozi babiri b’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), mu rwego rwo gushyigikira inzira y’amahoro no gukemura amakimbirane amaze imyaka myinshi muri icyo gihugu.
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) yatangije ku mugaragaro ibizamini ngiro (Practical Exams) ku bakandida 74,085 basoza ayisumbuye muri uyu mwaka wa 2025/26.
Kuri uyu wa Kabiri urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwaburanishirije mu ruhame mu murenge wa Mutenderi abarimo Hakizimana ukunze kwitwa Shehe n’umugore we Claudine Musengimana bashinjwa icyaha cyo kwica  Mukaremezo Xaverine ari we nyina wa Hakizimana akanaba nyirabukwe wa Claudine.