Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Umuhanzi King James yerekeje mu Bubiligi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 aho agiye gukorera igitaramo kibanziriza ibindi azakorera hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 nibwo umuhanzi Tom Close yashyize hanze indirimbo “Look at Me” nyuma y’umwaka yari amaze adasohora indirimbo.
Uwavuze ko abafana ba Rayon Sports batari ‘smart’ niwe utari ‘smart’: Umuhanzi Safi Madiba
Ni ibisanzwe ko ibirori byinshi mu Rwanda byinganjemo ubukwe bikorwa mu gihe cy’Impeshyi (Icyi) kuko ari gihe kitarangwamo imvura ishobora kuba kidobya mu birori, ahubwo kikarangwamo izuba ryinshi.Impeshyi y’uyu mwaka wa 2026 yabaye umwanya wo gukora ubukwe ku bakora umwuga w’itangazamakuru ku buryo abagera ku 9 bose bakoze ubukwe mu gihe kitarenze amezi 3 harimo n’abashakanye hagati yabo.

Inkuru Nshya

Col.Rdt Nshimiyimana Augustin, wahoze mu mutwe wa FDLR, avuga ko yagezemo mu 1997 akiri umusore, ariko nyuma y’imyaka isaga 20 yamaze mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamupfiriye ubusa aza kubona ubuzima ageze mu Rwanda mu 2021
Guverinoma y’u Rwanda yatangiye gufungura buhoro buhoro amasoko y’amatungo aho yahereye mu turere tune two mu Ntara y’Uburasirazuba, nyuma y’uko icyorezo cy’indwara y’ubuganga (Rift Valley Fever - RVF) kigabanutse muri utwo turere.
Ku Cyumweru tariki 23 Kanama 2026 nibwo ikipe ya Aston Villa izambara bwa mbere umwambaro wanditse “Visit Rwanda” muri Shampiyona y’u Bwongereza, Premier League, nyuma y’uko igiranye amasezerano n’u Rwanda.
RBC ivuga ko abana n’urubyiruko barwaye diyabete bakeneye kwitabwaho mu buryo bwihariye, kuko kubabwira ko bazabana n’iyi ndwara igihe kirekire bishobora kubagiraho ingaruka mu mitekerereze no gutuma bamwe bacika intege.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iteganyagihe Meteo Rwanda cyatangaje ko mu gihembwe cy’imvura y’Umuhindo wa 2026 gitangira muri Nzeri kugera mu Ukuboza, giteganyijwemo imvura iri hagati ya milimetero 300 na 1000, ikaba iri hejuru y’impuzandengo y’isanzwe igwa muri icyo gihe.
Hari urubyiruko rwo mu Karere ka Gisagara rwashoye imari mu bikorwa by’ubworozi bw'amatungo magufi , ruvuga ko byababereye akazi gahoraho bibarinda ubushomeri. Bavuga ko ibi byabafashije kwiteza imbere banatanga akazi no k’urundi rubyiruko.
Ishuri rya GS Saint Aloys ryo mu Karere ka Rwamagana ni ryo ryasabwe cyane n’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza bashaka umwanya mu Mwaka wa Mbere w’Ayisumbuye (S1) muri iki kigo.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yakuyeho urujijo ku makuru y'uko hari umunyeshuri watsinze ku rwego rw’Igihugu ntahamagarwe i Kigali ngo ahabwe ibihembo ku munsi wo gutangaza amanota y'ibizamini bya Leta.