Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

UMWANA WANJYE BAMUTEYE INDA YIGA MU WA KABIRI | NDASHIMIRA IMBUTO FOUNDATION | IHURIRO RYARAMFASHIJE

ABANA IBIHUMBI 23 BATERWA INDA KU MWAKA || UYU MUBIRI NUWICA UZAWISHYURA EJO|| MINISITIRI SABIN

UKO ABAHUTU BIGARURIYE NYANZA BAGAKURAHO UBWAMI || MINISITIRI BIZIMANA AZANYE INDIRIMBO BARIRIMBYE

Imyidagaduro

Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026
Muhoozi yahosheje amakimbirane yari amaze iminsi hagati y'umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, na Nyampinga w'u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly, amusaba gukemura iki kibazo mu bwumvikane

Inkuru Nshya

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubufatanye Mpuzamahanga mu bya Gisirikare, Brig Gen Patrick Karuretwa, yatanze ikiganiro ku bitabiriye Itorero Indangamirwa Icyiciro cya 16, riri kubera mu Kigo cy’Amahugurwa cya Gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo
Abagize Urugaga rw’Abikorera (PSF) bahagarariye abandi mu Turere 7 tugize Intara y'Iburengerazuba bagabiye inka 10 abamugariye ku rugamba bo mu Karere ka Ngororero. 
Ba Ofisiye babiri bo mu Ngabo z'u Rwanda (RDF), Maj Caleb Kamuntu na Maj J.D. Mageza Gasasira, barangije amasomo agenewe Ofisiye Bakuru yabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kimaka riherereye i Jinja muri Uganda
Mu kiganiro yagiranye na Tereviziyo y’u Rwanda, Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze, Dr Flora Mutezigaju, yagarutse ku iterambere ry’Urwego rw’Uburezi ukurikije uko rwari ruhagaze mbere na nyuma gato ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
U Rwanda n'u Burusiya byasinya amasezerano agaragaza inzira yo gutegura umushinga wo kubaka uruganda ruto rutunganya ingufu za nucléaire ruzwi nka Small Modular Reactor (SMR)
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko mu abagore 5% ari bo bafite inzu zabo bwite naho 35% bazifatanyije n’abagabo babo. Mu gihe ku bagabo, 9% aribo batunze inzu zabo bwite naho 28% bakaba bazifatanyije n’abagore babo.
Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) wamaganye ibihano Leta Zunze ubumwe za Amerika zafatiye ibigo bine by’amabuye y’agaciro byo mu Rwanda n’abayobozi babiri babyo, uvuga ko ari ibihano bibogamye kandi bishobora kudindiza ibiganiro by’amahoro.
Abatuye mu Midugudu ya Mirama I na II, mu Murenge wa Nyagatare, bavuga ko ubuzima bwabo bugiye kurushaho guhinduka nyuma yo kwegerezwa umuhanda wa kaburimbo n’isoko rya kijyambere