Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026
Ikipe ya Vincent na Prince basanzwe bakinira APR VC mu bagabo n'ikipe ya Uwase na Ingabire basanzwe bakinira RRA WVC mu bagore nizo zegukanye igice cya kabiri cya Shampiyona y'u Rwanda ya Volleyball yo ku mucanga, FRVB Beach Volleyball National Tour II, yasojwe nyuma y'iminsi 3 ikinwa.
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Kenya byasinyanye amasezerano y’ubwumvikane agamije koroshya itumizwa mu mahanga uburyo ry’ibikomoka kuri peteroli binyuze mu Muhora wa Ruguru mu rwego rwo kurushaho guteza imbere ubufatanye mu bucuruzi.
Perezida wa Sena, Dr. Kalinda Francois-Xavier, yashimiye ibihugu byateye intambwe yo gufasha u Rwanda gukurikirana no kugeza mu butabera abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi batuye mu mahanga
Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026
Perezida wa Sena, Dr. Kalinda Francois-Xavier ari kumwe na Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Kazarwa Gertrude bamuritse Ikimenyetso cya Jenoside yakorewe Abatutsi cyubatswe ku Nteko Ishinga Amategeko
Ingingo ya 123 y' Itegeko Nº68/2018 ryo ku wa 30 Kanama 2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, igaragaza ko mu Rwanda kwikuramo inda ari icyaha gihanwa n’amategeko.
Abaturage bo mu Turere twa Gasabo na Rulindo barishimira ko umuhanda Nyacyonga–Mukoto bemerewe na Perezida Kagame watangiye gushyirwamo kaburimbo bagaragaza ko bizoroshya ubuhahirane hagati y’utu turere.
Ikipe ya Vincent na Prince basanzwe bakinira APR VC mu bagabo n'ikipe ya Uwase na Ingabire basanzwe bakinira RRA WVC mu bagore nizo zegukanye igice cya kabiri cya Shampiyona y'u Rwanda ya Volleyball yo ku mucanga, FRVB Beach Volleyball National Tour II, yasojwe nyuma y'iminsi 3 ikinwa.