Abanyarwanda barimo umuhanzikazi Buter Knowless, Mutesi Jolly, Sherrie Silver na Clapton Kibonge bashyizwe mu bahataniye ibihembo bya Zikomo Africa & Caribbean bizatangirwa i Dar es Salaam muri Tanzania tariki 9 Ukuboza 2026.
Kimenyi Yves yavuze ku mubano we na Muyango Claudine, ahishura uko amufata nyuma y’ibyagiye bivugwa ku mibanire yabo, ariko avuga ko hari ibyo adashaka kujya mu mizi abisobanuraho.
Abanyarwanda barimo umuhanzikazi Buter Knowless, Mutesi Jolly, Sherrie Silver na Clapton Kibonge bashyizwe mu bahataniye ibihembo bya Zikomo Africa & Caribbean bizatangirwa i Dar es Salaam muri Tanzania tariki 9 Ukuboza 2026.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo, Col. Claudien Bizimungu, yatangije ku mugaragaro imirimo yo kwagura no kuvugurura umuhanda Prince House–Giporoso–Masaka ureshya n’ibilometero 10,3.
Impano Sultan Haitham bin Tarik yahaye Perezida Paul Kagame mu ruzinduko rwe muri Oman ntabwo yari urwibutso rusanzwe, ahubwo yari inkota gakondo ifite igisobanuro gikomeye mu mateka, umuco n’indangagaciro by’iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Perezida Paul Kagame, uri mu ruzinduko mu Bwami bwa Oman, yasuye ahantu habiri h’ingenzi mu mujyi wa Salalah, ahamenya byinshi ku mateka n’umuco bya Oman ndetse n’uburyo iki gihugu kiri guteza imbere ubuhinzi bugezweho.
Amb. Jean de Dieu Uwihanganye, wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, yabonye imirimo mishya mu Kigo cya Raffles Family Office (RFO) gifite icyicaro muri Hong Kong