Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴LIVE : IREBERE UKO ABAKINNYI BA RAYON SPORTS BAGEZE KURI STADE UMUGANDA | KWIZERA NTIYAJE

🔴HIGHLIGHTS | MARINES FC 0 – 1 AS KIGALI || IGITEGO CYA KALISA RASHID GIKUYE ABANYAMUJYI I RUBAVU

PAPA BARAMWISHE NTITWABIMENYA || UMVA UBUHAMYA BUKOMEYE BWA PASTOR ANTOINE RUTAYISIRE || #KWIBUKA 32

🔴🔴AMAKURU AGEZWEHO 17 04 2026 || IBICIRO BY’IBIKOMOKA KURI PETEROLI || GATANYA ZABAYE NYINSHI ||

NI UMUHANGA MU MATEKA | IBYO KUBA PADIRI | YARIGISHIJE| | IBYIHARIYE KURI MINISITIRI DR. BIZIMANA

🔴 | IMPANUKA ITEYE UBWOBA, IMODOKA YAGURUTSE MU KIRERE, NORVEGE – RULIBA, NI AMAYOBERA

UYU MUNSI MU MATEKA YA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI : UBWICANYI BUKOMEYE BWAKOREWE I NTARAMA

🔴 NYANZA : UMUNYAMATEGEKO YASANZWE MURI RIGOLE YAPFUYE MU BURYO BUTEYE URUJIJO

Imyidagaduro

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent uzwi cyane nka ‘Yago’, ari mu mashimwe menshi nyuma y’uko asezerewe mu bitaro aho yari amaze iminsi arwariye bitewe n’impanuka ikomeye y’imodoka yakoze mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 16 Mata 2026.
Umuhanzi akaba n'umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi Element Eleeeh yashyize hanze indirimbo ye nshya ‘ Ayayaah’ ,  yakoranye n’abahanzi bakomeye bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Joshua Baraka wo muri Uganda na Bien Aime wo muri Kenya.
Umuhanzi w’injyana gakondo y’umuziki Nyarwanda, Jules Sentore yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kumurika ku mugaragaro Album ye aheruka gushyira hanze yise ‘Umudende’.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly ari mu byishimo byinshi nyuma y’uko inzu ye y’umuturirwa iherereye Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali yuzuye.

Imikino

Inkuru Nshya

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira Munyenyezi Béatrice igihano cy’igifungo cya burundu, busaba ko icyemezo cyafashwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye kidahinduka.
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent uzwi cyane nka ‘Yago’, ari mu mashimwe menshi nyuma y’uko asezerewe mu bitaro aho yari amaze iminsi arwariye bitewe n’impanuka ikomeye y’imodoka yakoze mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 16 Mata 2026.
Umuhanzi akaba n'umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi Element Eleeeh yashyize hanze indirimbo ye nshya ‘ Ayayaah’ ,  yakoranye n’abahanzi bakomeye bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Joshua Baraka wo muri Uganda na Bien Aime wo muri Kenya.
Komisiyo y’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), ishinzwe imyitwarire, yatumije umutoza w’ikiye y’Amagaju, ushinzwe kongera ingufu, Imurora Hakizimana Japhet ndetse n’umukinnyi w’ikipe ya Musanze FC, Gahungu habarurema ngo basobanure imyitwarire yabavuzweho yo kugena ibiva mu mukino (Match Fixing).
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) rwatangaje ko rusoje ibiganiro birebana n’ibimenyetso mu rubanza rwa lieutenant-général Philémon Yav Irung uregwa ubugambanyi,rutegeka ko iburanisha ritangira kuwa 5 Gicurasi.
Umuhanzi w’injyana gakondo y’umuziki Nyarwanda, Jules Sentore yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kumurika ku mugaragaro Album ye aheruka gushyira hanze yise ‘Umudende’.
Mu gihe ibiganiro bikorwa mu ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku buryo bwo kwimurirayo impunzi zirenga 1.100 z’Abanya Afghanistan, zakoranye n’ingabo za Amerika mu ntambara yarwanaga n’aba Taliban.
U Rwanda na Uganda byasinyanye amasezerano y'ubufatanye mu kubaka ubudahangarwa bwo guhangana n'ibyorezo, guhugura abakozi bo mu rwego rw'ubuvuzi no gushyira hamwe mu bikorwa by'ingenzi mu rwego rw'ubuzima.