Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Umupolisi w’Umunyarwanda yahize abo mu bihugu 10 mu masomo y’Aba Ofisiye balkuru

BA OFISIYE 38 BASOJE AMASOMO MU ISHURI RIKURU RYA POLISI I MUSANZE

Reba karasiri k’abapolisi bakuru | National Police College

DUFISE PLAN YO GUSHIMISHA ABAFANA | ABANYARWANDA MUBAHE AMAHIRWE | HARINGINGO ATEGUJE IKIPE IKOMEYE

Bob avuye kuri Maman Urwagasobo, Ahaye ubutuma Karikeza | Uko yakiriwe kuri Umunota Sports

PEREZIDA KAGAME YAVUZE IMPAMVU ABAYOBOZI BAKURWA MU NSHINGANO BAGASIMBUZWA ABANDI

INYUNGU Z’ABATURAGE ZIGOMBA KUZA IMBERE || PEREZIDA KAGAME YAHAYE IMPANURO ABAYOBOZI BASHYA

ABA YOUTUBERS BIHAMAGARIYE UBUTABERA | GUFOTORA MU RUKIKO UBUNDI BIKORWA BITE? RIB IBYO IKORA NIBYO

Imyidagaduro

Muhoozi yahosheje amakimbirane yari amaze iminsi hagati y'umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, na Nyampinga w'u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly, amusaba gukemura iki kibazo mu bwumvikane
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w'u Rwanda wa 2016 yatangaje ko yiteguye kujyana mu nkiko umuhanzi wo muri Uganda, Moses Ssaali uzwi nka Bebe Cool, amushinja kumusebya no kumukwirakwizaho amakuru y'ibinyoma ku mbuga nkoranyambaga
Ikipe ya RSSB Tigers yazengurutse Umujyi wa Kigali yerekana igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026) yegukanye isoreza mu gitaramo yishimanyemo n'abanya-Kigali

Inkuru Nshya

Minisitiri w'uburinganire n'iterambere ry'umuryango Uwimana Consolée avuga ko ikibazo cy'abana baterwa inda gihangayikishije , kuko nko mu mwaka ushize imibare igaragaza ko abana basambanyijwe bakanabyara basaga ibihumbi 25,bivuze ngo babyaye abana baruta ubwinshi abaturage b'umurenge wa Tumba mu karere ka Rulindo.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi (NAEB), cyatangaje ko kuva tariki 8 kugeza kuri 12 Kamena 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda asaga miliyari 15 Frw.
Tariki ya 20 Kamena 1994 hari mu bihe bikomeye bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Muri icyo gihe, Ingabo za FPR Inkotanyi zari zikomeje ibikorwa byo guhagarika ubwicanyi no kurokora abantu, mu gihe abategetsi ba Leta yariho icyo gihe bamwe bari barahungiye muri Zaire.
Ambasaderi Parfait Busabizwa yashyikirije Perezida wa Guinée Equatoriale, Teodoro Obiang Nguema Mbasogo, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
Ingabo zo mu bihugu by’Uburasirazuba bwa Afurika ziteguye gutabara mu bihe bikomeye (EASF) zasoje inama yari imaze iminsi ibera i Kigali kuva ku wa 15 kugeza ku wa 19 Kamena, igamije kwemeza igitabo ngenderwaho cy’ibikorwa by’ingabo zo mu kirere, amabwiriza ngengamikorere, ndetse n’amasezerano y’ubwumvikane bwo gutabara mu bihe by’ibiza.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasubije abantu batandukanye terefone 140 zigendanwa zafashwe zaribwe, zifite agaciro ka 40,760,000 Frw (asaga miliyoni 40).
Ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rishobora kongerera ubukungu bw’igihugu agaciro kangana na miliyoni 589$ (Miliyari 862 Frw) ni ukuvuga 6% by’umusaruro mbumbe (GDP) w’Igihugu kugera mu 2030.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Eng. Damien Murwanashyaka, yatorewe gusimbura Minisitiri w’Ibikorwaremezo wa Malawi, Jappie Mhango, ku buyobozi bw'inama Nkuru y’Abaminisitiri b’ibihugu bigize Umuhora wo Hagati (CCTTFA)