Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

UMWANA WANJYE BAMUTEYE INDA YIGA MU WA KABIRI | NDASHIMIRA IMBUTO FOUNDATION | IHURIRO RYARAMFASHIJE

ABANA IBIHUMBI 23 BATERWA INDA KU MWAKA || UYU MUBIRI NUWICA UZAWISHYURA EJO|| MINISITIRI SABIN

Imyidagaduro

Ikipe y'umutwe wo mu ngabo z'u Rwanda ushinzwe kurinda abayobozi bakuru, Republican Guard (RG), irangajwe imbere n'umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, yongeye kwegukana igikombe cyo Kwibohora gihuza imitwe yo mu Ngabo z'u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) Liberation Tournament 2026, nyuma yo gutsinda ikipe y’Ikigo cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Nasho (BMTC Nasho) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma.
Abanyamakuru b'imikino Ishimwe Adelaide uzwi nka Ida uherutse gusezera kuri Radiyo/TV 10 na Hitimana Jean Claude uzwi nka Hit ukihakora bateguje ubukwe buzaba tariki 5 Nzeri 2026.
Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026

Inkuru Nshya

Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Ikigo gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Rwanda, Eng. Richard Nyirishema, yavuze ko Umushinga wa Muvumba Multipurpose Dam witezweho kuzafasha mu kuhira hegitari zisaga 10,000 z’ubutaka buhingwa, ugeze ku kigero cya 61.5%.
Perezida wa Repubulika akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda, Paul Kagame yashyize mu kiruhuko cy'izabukuru abasirikare ba RDF barenga 1440.
Itsinda ry’abanyeshuri 165 baherekejwe n’ababyeyi n’abarezi babo baturutse mu bihugu 9 by’Afurika birimo n’u Rwanda, Polisi y’u Rwanda ku cyicaro gikuru ku Kacyiru berekwa imikorere y’amashami atandukanye yayo, cyane cyane hibandwa ku Ishami rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi ndetse n’Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda.
Ubuyobozi Bukuru bw'Ingabo z'u Rwanda (RDF) bwasezeye mu cyubahiro ba Ofisiye bagejeje igihe cyo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru n’abarangije amasezerano y’akazi.
Ubushakashatsi bw’Ikigo gishinzwe gukusanya amakuru ku myenda kizwi nka TransUnion Rwanda bwakozwe mu gihembwe cya mbere cya 2026, bwagaragaje ko 76% by'Abanyarwanda bateganya ko amafaranga binjiza azazamuka mu mezi 12 ari imbere, mu gihe 16% bateganya ko azaguma ku rwego ariho ubu.
Ikipe ya Kepler BBC yatsinze ikipe ya RSSB Tigers BBC amanota 77-73 naho APR BBC itsinda Inspired Generation amanota 121-38 mu mikino y'umunsi wa 13 wa Shampiyona y'u Rwanda ya basketball y'icyiciro cya mbere yakinwe kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Nyakanga 2026.
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko umunsi w'Igikundiro 'Rayon Day' waruteganyijwe kubera muri Sitade Amahoro wimuriwe muri Kigali Pele Stadium gusa umunsi uzaberaho wo wakomeje kuba tariki 18 Nyakanga 2026.
Umuzamu w'Umunyarwanda Ntwari Fiacre agiye gutizwa mu ikipe ya Kruger United muri uyu mwaka w'imikino wa 2026/27 nyuma y'uko kubona umwanya wo gukina bikomeje kugorana mu ikipe ya Kaizer Chiefs.