Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Amatike y'umunsi wa kabiri w'igitaramo cya King James yamaze gushira ku isoko mu gihe habura amasaha make ngo gitangire.
King James yasendereje ibyishimo abakunzi be bari muri BK Arena ahereye ku ndirimo yamenyekanyeho cyane, na bo bakaririmbana na we ijambo ku rindi.Ruhumuriza James uzwi nka king James yagerageje kunyura mu ndirimbo nyinshi zigize album 7 ze, zirimo iyo yise Umugisha, Umuvandimwe, Biracyaza, Ntibisanzwe, Meze neza, Urukundo ndeyse n'iyo yise Ubushobozi ari yo iheruka.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Kanama 2026 ni umunsi ugoye abakunda ibirori kubona amahitamo y’aho berekeza kubera ibikorwa by’imikino n’imyidagaduro biteganyijwe kubera rimwe mu Rwanda kandi ahantu hatandukanye.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yavuze ko hakwiye gukazwa ubugenzuzi ku buziranenge bw’inzoga zitangirwa mu bitaramo kugira ngo harindwe ubuzima n’umutekano bw’ababyitabira.

Inkuru Nshya

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'abatarengeje imyaka 18 mu ngimbi yatsinzwe na Senegal amanota 78-38 mu mukino wa mbere w'Igikombe cy'Afurika kiri kubera i Abidjan muri Côte d'Ivoire.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko cyafunze izindi nganda 12 zenga ibinyibwa itegeka ko byose bivanwa ku isoko
Ishuri Rikuru ryigisha Ubuhinzi n'Ubworozi Bubungabunga Ubutaka (RICA) ryatangaje ko Umunya-Sénégal, Dr Momar Dieng, ari we Muyobozi Mukuru mushya waryo akazatangira inshingano ku wa 1 Ugushyingo 2026.
Urwego Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane CMA Rwanda, n’Ikigo Africa Prudential Plc cyo muri Nigeria byasinyanye amasezerano y’ubufatanye (MoU) agamije guteza imbere isoko ry’imari shingiro, kunoza serivisi zihabwa abashoramari no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho muri uru rwego.
Mu mwaka w’ingeno y’imari watangiye wa 2026/2027 abantu bafite ubumuga bateganyirijwe miliyari 2.7 Frw azatangwa mu turere twose tw’igihugu ku bantu barenga ibihumbi 28.
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza Umuganura ku wa 7 Kanama 2026, Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu yasabye Abanyarwanda by'umwihariko urubyiruko, kurwanya ubusinzi, ibiyobyabwenge, uburumbo n'izindi ngeso mbi, avuga ko kubaka Igihugu gifite abaturage bafite ubuzima buzira umuze ari byo bizatuma umusaruro w'Abanyarwanda urushaho kubabyarira iterambere rirambye.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kurengera ubuzima bw’abaturage ari ihame ridakuka, ishimangira ko nta na rimwe ishobora kwemera ibikorwa bishyira ubuzima bw’Abanyarwanda mu kaga, kabone n’iyo byaba bifitanye isano n’ubukungu cyangwa akazi.
Abanyarwanda 302 bari baragizwe ingwate n'umutwe w'iterabwoba wa FDLR mu mashyamba yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), batahutse ku bushake mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bakirwa n'inzego z'ubuyobozi zibizeza ubufasha n'ubuzima bwiza mu gihugu cyabo.