Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Umuhanzi Nyarwanda Nizeyimana Odo, uzwi nka Khalfan Govinda, n’umugore we Irumva Jeanne D’Arc, uzwi nka Oxygène, bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa.
Tariki 2 Nzeri 2021 nibwo inkuru mbi kandi y’agahinda yageze mu matwi y’abakunzi b’umuziki nyarwanda by’umwihariko ab’injyana ya Hip-Hop ko umuhanzi w’umuraperi Jay Polly yitabye Imana.
Umuhanzi , wahoze ari umwe mu bagize itsinda rya Tuff Gangz, yavuze ko urupfu rwa mugenzi we Jay Polly rwari igihombo gikomeye kuri we ku giti cye, ku muziki nyarwanda ndetse no ku Banyarwanda muri rusange.
Umuhanzikazi Nyarwanda, Nirere Shanel wamamaye nka Miss Shanel yabujije abantu kwitabira igitaramo cya Rema kizabera i Kigali avuga ko kukijyamo nta mutekano bazahabonera.

Inkuru Nshya

Perezida Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na Visi Perezida w’Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi (IFAD), Dr. Gérardine Mukeshimana, ndetse n’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe rushinzwe Iterambere (AUDA-NEPAD), Nardos Bekele-Thomas ku guteza imbere ubuhinzi muri Afurika
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko ibiribwa bidakwiye gufatwa gusa nk’uburenganzira bw’umuntu, ahubwo ko ari ishingiro ry’ubuzima n’imibereho ye, kuko nta buzima bushoboka igihe umuntu adafite ibyo kurya.
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubushake bwa politiki, gushora imari mu rwego rw’ubuhinzi hibangwa ku rubyiruko rufite ibitekerezo ariko rudafite igishoro no kumenya ahari icyuho muri uru rwego byaba igisubizo cyatuma umugabane wa Afurika wihaza mu biribwa ukareka gukomeza kwishyingikiriza ku musaruro utumizwa hanze yawo.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya volleyball mu bagore yasezerewe n’iya Misiri muri 1/2 cy’igikombe cy’Afurika kiri kubera Nairobi muri Kenya nyuma yo gutsindwa amaseti 3-0.
Polisi y’u Rwanda Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ryatangaje ko mu minsi ine guhera tariki ya 01-03 Nzeri 26, ryafashe abantu batanu bacuruza urumogi aho bafatanwe udupfunyika 2952.
Umuhanzi Nyarwanda Nizeyimana Odo, uzwi nka Khalfan Govinda, n’umugore we Irumva Jeanne D’Arc, uzwi nka Oxygène, bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa.
Kenza Johanna Ameloot, wabaye Nyampinga w’u Bubiligi mu 2024, yatangajwe nk'umwe mu bazita amazina abana b'Ingagi mu muhango uzabera mu Kinigi kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Nzeri 2026.
Minisitiri w’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yashimiye urubyiruko ku bushake ruri kugaragaza bwo kwiga no gukoresha Ikinyarwanda neza, asaba ko uwo mwete ukomeza kugira ngo ururimi rw’igihugu rudatakaza ububasha n’umwimerere warwo.