Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴🔴AMAKURU 23.04.202 || BEATRICE MUNYENYEZI YASABIWE GUFUNGWA BURUNDU || IMIHANDA YA BUS MURI KIGALI

🔴🔴UBUSHINJACYAHA BWONGEYE GUSABIRA MUNYENYEZI BÉATRICE IGIFUNGO CYA BURUNDU

🔴EXTENDED HIGHLIGHTS | GORILLA FC 1-1 RAYON SPORT FC || IREBERE IBITEGO BYOSE / PEACE CUP 1/2

🔴🔴 AMAKURU 22.04.2026 || AMERIKA ISABYE CONGO IKINTU GIKOMEYE|| MISS JOLLY YUJUJE UMUTURIRWA ||

🔴LIVE : BAYOBOWE NA GISHWEKA NA ASMAN IREBERE UKO GIKUNDIRO ISESEKAYE KURI PELE STADIUM

🔴 Tembera mu nzu ya Mutesi Jolly | Ibintu 8 byihariye, Ibyumba 5, aho kurebera filime na Gym

🔴🔴AMAKURU AGEZWEHO 22.04.2026 || PEREZIDA KAGAME YAKIRIYE UMUYOBOZI WA GAVI | KWIBUKA I HUYE

CAVB Men’s Club Championship is knocking || Rwanda earns praise for hosting

Imyidagaduro

Umuraperikazi Candy Moon Supplier wamamaye mu muziki Nyarwanda byumwihariko uwo mu Njyana ya Hiphop yahishuye ko ubu ari mu rukundo na M1 bamenyanye mu bwana.
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent uzwi cyane nka ‘Yago’, ari mu mashimwe menshi nyuma y’uko asezerewe mu bitaro aho yari amaze iminsi arwariye bitewe n’impanuka ikomeye y’imodoka yakoze mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 16 Mata 2026.
Umuhanzi akaba n'umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi Element Eleeeh yashyize hanze indirimbo ye nshya ‘ Ayayaah’ ,  yakoranye n’abahanzi bakomeye bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Joshua Baraka wo muri Uganda na Bien Aime wo muri Kenya.
Umuhanzi w’injyana gakondo y’umuziki Nyarwanda, Jules Sentore yatangaje ko agiye gukora igitaramo cya mbere mu bitaramo bitatu ateganya gukora biherekeza Album ye yise ‘Umudende’ aheruka gushyira hanze.

Inkuru Nshya

Umuturage wo mu murenge wa Mwendo ho mu karere ka Ruhango mu ntara y'Amajyepfo, yagwiriwe n'urukuta rw'ishuri ahasiga ubuzima,ubwo hari mu gikorwa cy'umuganda rusange kuri uyu wa Gatandatu.
Perezida wa repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko Afurika idakeneye ibintu bigoye kugira ngo itere imbere, ahubwo ko icyo ikeneye ari ikintu cyoroshye kandi gisobanutse aricyo kwiyitaho no gukorana n’abandi mu buryo butanga umusaruro
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, yigaramye amakuru avuga ko igihugu cye kiri mu mugambi na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye wo kugaba ibitero ku Rwanda.
Shampiyona y'icyiciro cya mbere mu mupira w'amaguru mu Rwanda, yabonye umufatanyabikorwa mushya aho kuri ubu yamaze guhindurirwa izina ikaba yitwa BK Pro League mu gihe kigera ku myaka itanu.
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwererane Olivier Nduhungirehe asaba urubyiruko kwiga ,gushaka imirimo kunga ubumwe mu kubaka igihugu no kukirinda abanzi bashaka kugisubiza mu icuraburindi.
Umuraperikazi Candy Moon Supplier wamamaye mu muziki Nyarwanda byumwihariko uwo mu Njyana ya Hiphop yahishuye ko ubu ari mu rukundo na M1 bamenyanye mu bwana.