Nyamagabe:Hon.Umuhire yavuze ko Amajyepfo yagize ibyago byo kuyoborwa n’abayobozi babi mbere no mu gihe cya Jenoside

Geneve: Amb. Nkulikiyinka yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa ILO

Intsinzi ya RSSB Tigers igiye kwishimirwa mu buryo budasanzwe haturitswa ‘Fireworks’

“Nta dini na rimwe ridafite abari abayobozi,abashumba,abayoboke babaye abajenosideri”-Minisitiri Bizimana

Nyamagabe:Hon.Umuhire yavuze ko Amajyepfo yagize ibyago byo kuyoborwa n’abayobozi babi mbere no mu gihe cya Jenoside

Geneve: Amb. Nkulikiyinka yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa ILO

Intsinzi ya RSSB Tigers igiye kwishimirwa mu buryo budasanzwe haturitswa ‘Fireworks’

Kwibuka

Nyamagabe:Hon.Umuhire yavuze ko Amajyepfo yagize ibyago byo kuyoborwa n’abayobozi babi mbere no mu gihe cya Jenoside

“Nta dini na rimwe ridafite abari abayobozi,abashumba,abayoboke babaye abajenosideri”-Minisitiri Bizimana

Inkuru Nshya

Urugwiro

Perezida Kagame yashimangiye ko umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa wubakiye ku cyizere

Politiki

Geneve: Amb. Nkulikiyinka yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa ILO

Ubuhinzi

Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda arenga miliyari 17,3 Frw mu minsi itanu

Ibidukikije

RDB yafunguye imiryango ku bifuza gucunga ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali

Imideli

Amamaza hano

Advertise here: 310 x 328

Uburezi

Hamaze gukusanywa akabakaba miliyari 1 Frw yo gushyigikira ifunguro rihabwa abana ku ishuri

Inkuru zamamaza

Amashusho

ABADEPITE BASABYE KO INGENGO Y’IMARI YITA KU KONGERA UBUMENYI N’UBUSHAKASHATSI MU BUHINZI

INGENGO Y’IMARI YARIYONGEREYE|| UKO GUVERINOMA YITEGUYE GUHANGANA N’IZAMUKA RY’IBICIRO KU ISOKO

Iby’ingenzi wamenya ku Kigo cy’Igihugu cya AI u Rwanda rwashyizeho | AI izakoreshwa muri byose

IBYO WAMENYA KU BAYOBOZI BASHYA PEREZIDA KAGAME YASHYIZE MU NSHINGANO || IMPINDUKA MURI GUVERINOMA

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Nkunganire ya 18%, Fuel

MINISITIRI W’INTEBE YASHIMIYE RSSB TIGERS BBC YATWAYE BAL |YAHUMURIJE ABANYARWANDA| LETA IRITEGUYE

Imyidagaduro

Umujyi wa Kigali watangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 13 Kamena 2026, mu mbuga ya Kigali Convention Centre haturikirizwa ibishashi by’umuriro ‘fireworks’ mu rwego rwo kwishimira igikombe cya BAL 2026 RSSB Tigers BBC yegukanye.
Umuhanzi Bruce Melody yatangaje ko abarenga 500 biganjemo urubyiruko bahawe imirimo mu gutegura igitaramo kibimburira ibindi bizenguruka igihugu byiswe ‘Summer Country Tour’ bigiye gutangirira mu Karere ka Musanze.
Itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Vestine na Dorcas, ryatangaje ko ryamaze gutandukana na Irene Murindahabi uzwi nka M Irenen wari warebereraga inyungu z'iri tsinda kuva mu 2020.
Ikipe ya RSSB Tigers yateguye igitaramo cyo kwishimana n’Abanyarwanda bayishyigikiye mu mikino ya Basketball Africa League (BAL) 2026, irushanwa risoza shampiyona y’amakipe akomeye ya Basketball muri Afurika

Imikino

Umujyi wa Kigali watangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 13 Kamena 2026, mu mbuga ya Kigali Convention Centre haturikirizwa ibishashi by’umuriro ‘fireworks’ mu rwego rwo kwishimira igikombe cya BAL 2026 RSSB Tigers BBC yegukanye.

Inkuru Nshya

Kuri uyu wa Gatandatu ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Mbazi ruherereye mu Murenge wa Mbazi ho mu karere ka Nyamagabe, ahahoze ari Komini Rukondo, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Amdasaderi Christine Nkulikiyinka yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru w’Inama Mpuzamahanga y’Umurimo Gilbert F. Houngbo byibanze ku gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda na ILO.
Umujyi wa Kigali watangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 13 Kamena 2026, mu mbuga ya Kigali Convention Centre haturikirizwa ibishashi by’umuriro ‘fireworks’ mu rwego rwo kwishimira igikombe cya BAL 2026 RSSB Tigers BBC yegukanye.
Umuhanzi Bruce Melody yatangaje ko abarenga 500 biganjemo urubyiruko bahawe imirimo mu gutegura igitaramo kibimburira ibindi bizenguruka igihugu byiswe ‘Summer Country Tour’ bigiye gutangirira mu Karere ka Musanze.
Urukiko Rusesa Imanza rwo mu Bufaransa rwateye utwatsi ubujurire bwa Philippe Hategekimana, uzwi kandi ku izina rya Biguma, rukomeza kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse n’ibyaha byibasiye inyokomuntu, rumugumishaho igihano cy’igifungo cya burundu yari yarakatiwe.
Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha RIB yaburiye imbuga nkoranyambaga ndetse n’ibigo byamamaza ibikorwa by'ubucuruzi bwo kuri murandasi bw’abatekamutwe bukunze kwambura abaturage ,ko abazajya babyamamaza bazajya bahanwa nk’abafatanyacyaha .
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth), Shirley Ayorkor Botchwey, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rugamije kurushaho gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda n’uyu muryango mpuzamahanga.
Itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Vestine na Dorcas, ryatangaje ko ryamaze gutandukana na Irene Murindahabi uzwi nka M Irenen wari warebereraga inyungu z'iri tsinda kuva mu 2020.

Ikoranabuhanga

Ibihari