Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴LIVE : GANIJURU ELIE AHAWE AMAFARANGA MENSHI N’ABA RAYON | BATI “WAKINNYE NEZA MUSORE WACU”

🔴LIVE : MU BURAKARI BWINSHI WASIRI ASABYE ABASIFUZI B’ABABANYAMAHANGA | BIRAKABIJE

🔴LIVE : MU BURAKARI BWINSHI ABAFANA BA RAYON SPORTS BIKOMYE UMUSIFUZI CUCURI | PENALITI ITARIYO

Tanzania is a Key partner for Rwanda | President Kagame addresses the Media in Tanzania | 3 May 2026

Tanzania na Rwanda sio tu majirani, ni ndugu na marafiki | Rais Dkt. Samia Suluhu Hassan| 3rd May 2026

🔴HIGHLIGHTS : MARINE FC 2 – 2 GASOGI UNITED || IREBERE IBITEGO BYOSE BYABONETSE MU MUKINO

🔴🔴AMAKURU 30.04.2026 || RIB YAFUNZE GITIFU WA MAGERAGERE | PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA

GEN (RTD) FRED IBINGIRA | IMANA YADUHAYE UMUYOBOZI | BYINSHI KU RUGAMBA RWO GUHAGARIKA JENOSIDE

Imyidagaduro

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04 Gicurasi 2026, nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rw’ubujurire ku gihano cy’igifungo cy’imyaka itatu yakatiwe abarimo Umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien wamamaye nka Djihad na bagenzi be barimo Kalisa John, Ishimwe François Xavier na Kwizera Nestor ku byaha bakurikiranyweho byo gusakaza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Miss Mutesi Jolly yerekanye ko atunze isakoshi igura akayabo ka miliyoni 10Frw z’amafaranga y’u Rwanda. Ni mu mafoto yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi.
Umuhanzi Tomclose akaba n'Umuyobozi w’Ishami rishinzwe gutanga amaraso mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, yifurije isabukuru nziza y'amavuko umugore we Niyonshuti Ange Tricia.
Umuhanzikazi Clarisse Karasira wubatse izina mu Muziki Nyarwanda ari mu byishimo byo kwizihiza  imyaka itanu amaze mu rushako ndetse n’isabukuru y’amavuko y’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie.

Inkuru Nshya

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi Abanyarwanda 25 bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu Karere ka Kisoro.
Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda yatangaje ko isukari u Rwanda rutumiza mu mahanga yagabanutseho 36.5% mu 2025, ndetse n'agaciro kayo kagabanukaho 39.1%
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04 Gicurasi 2026, nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rw’ubujurire ku gihano cy’igifungo cy’imyaka itatu yakatiwe abarimo Umunyamakuru Uzabakiriho Cyprien wamamaye nka Djihad na bagenzi be barimo Kalisa John, Ishimwe François Xavier na Kwizera Nestor ku byaha bakurikiranyweho byo gusakaza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano.
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko hari gahunda yo guhindura imodoka zikoresha ibikomoka kuri peteroli (lisansi na mazutu) zigahindurwa iz’amashanyarazi cyangwa gaze nk’uko bikorwa kuri moto.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Miss Mutesi Jolly yerekanye ko atunze isakoshi igura akayabo ka miliyoni 10Frw z’amafaranga y’u Rwanda. Ni mu mafoto yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze ku gicamunsi cyo ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi.
Ikigo cy’Abadage gishyira mu bikorwa imishinga y’ishoramari mu Rwanda, DSIK, cyashimiye u Rwanda ko ari kimwe mu bihugu muri Afurika cyashyizeho uburyo buhamye bufasha abagore bifuza kuba ba rwiyemezamirimo rubafasha kubona inguzanyo mu  buryo  bworoshye.
Abakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ya Handball y’abatarengeje imyaka 18 n’abatarengeje imyaka 20 berekeje i Addis Ababa muri Ethiopia aho bitabiriye irushanwa rya IHFTrophy/Zone 5