Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴HIGHLIGHTS : MARINE FC 2 – 2 GASOGI UNITED || IREBERE IBITEGO BYOSE BYABONETSE MU MUKINO

🔴🔴AMAKURU 30.04.2026 || RIB YAFUNZE GITIFU WA MAGERAGERE | PEREZIDA KAGAME MURI BOTSWANA

GEN (RTD) FRED IBINGIRA | IMANA YADUHAYE UMUYOBOZI | BYINSHI KU RUGAMBA RWO GUHAGARIKA JENOSIDE

NI IWABO W’INZOVU NA DIYAMA || IBYO WAMENYA KURI BOTSWANA PEREZIDA KAGAME AGIYE GUSURA

NYANZA : UMUSAZA WASHINJWAGA KWICA UMUKECURU YAFUNGUWE

🔴🔴AMAKURU 29.04.2026 || ABANA BARI MUNSI Y’IMYAKA 16 BAGIYE GUKUMIRWA KU MBUGA NKORANYAMBAGA

🔴🔴 AMAKURU 28. 04.2026 || UMWARIMU AFUNZE AZIRA KWIGURIZA AMAFARANGA KURI TEREFONI YA MUGENZI WE ||

KWIBUKA32 : KU MAYAGA YA NTONGWE BISHIMIYE INZU Y’AMATEKA YA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BUBAKIWE

Imyidagaduro

Umuhanzikazi Clarisse Karasira wubatse izina mu Muziki Nyarwanda ari mu byishimo byo kwizihiza  imyaka itanu amaze mu rushako ndetse n’isabukuru y’amavuko y’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie.
Umuraperi Ngenzi Serge wamamaye mu Muziki Nyarwanda by’umwihariko uwo mu njyana ya HipHop nka Neg G The General , yatangaje ko yisubiyeho ku mugambi wo gusohora indirimbo isubiza iya Riderman yari yacyetse ko yamwibasiye.
Umuhanzi The Ben ari kumwe n’umugore we Uwicyeza Pamella bari kubarizwa muri Zambia aho aba bombi biteganyijwe ko bazitabira igitaramo gikomeye umuhanzi Davido, azakorera i Lusaka ku wa Gatandatu tariki ya 02 Gicurasi 2026.
Umunyamakuru Rugemana Amena, wamamaye cyane nka 'Babu Rwanda' mu itangazamakuru ry'imyidagaduro mu Rwanda , yamaze gusezera mu kiganiro 'The Choice Live’, gitambuka ku muyoboro wa YouTube wa The Choice Live ndetse no ku Isibo TV.

Inkuru Nshya

Raporo nshya ya NISR yasohotse ku wa 30 Mata, yagaragaje ko muri Werurwe 2026 u Rwanda rwohereje hanze ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni 228.4$ ibi bikaba byerekana igabanuka rya 1.72% ugereranyije n'ukwezi kwa Gashyantare 2026.
Uwimana Nehemie wayoboye Akarere ka Rwamagana imyaka itanu kuva mu 2010 kugeza mu 2014, wari usanzwe ari Visi Perezida w’ikipe ya Muhazi United, yitabye Imana nyuma y’ukwezi kurenga yari amaze mu bitaro.
Ishuri ryisumbuye rya Rwanda Coding Academy ryashyizwe ku rutonde rw’amashuri 50 ya mbere ku Isi ahataniye ibihembo bya miliyoni 1$ mu irushanwa ryitwa Global Schools Prize 2026.
Kuri uyu wa Gatanu , Minisitiri w'ibikorwa by'ubutabazi Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira,yasuye umusozi wa Gisuma uherereye mu Murenge wa Shyira ho mu karere ka Nyabihu, ahagaragaye ikibazo cy’imiterere y’ubutaka bwatengukanywe n'isuri bikaba bimaze kwangiza ubuso burenga hegitari 8 ndetse n’ibikorwaremezo.
Padiri Wenceslas Munyeshyaka, kuri paruwasi “Sainte-Famille, muri Saint-Paul yitabiritye inama zakorwaga zitegura ubwicanyi no gushimuta Abatutsi aho yari arikumwe na Colonel Tharcisse Renzaho, Odette Nyirabagenzi, Angeline Mukankundiye,Lt Col Laurent Munyakazi, n’abandi basirikari hamwe n’Interahamwe.
Ikipe ya Police VC yanditse amateka yo kugera ku mukino wa nyuma muri Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball ( CAVB Men's Club Championship 2026.
Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko mu ntangiro za Gicurasi 2026, imvura nyinshi yaguye mu kwezi gushize, izagabanukaho milimetero hafi 100 ndetse muri rusange izaba nkeya ugereranyije n’impuzandengo y’imvura yari isanzwe igwa muri uku kwezi.
Gufata ibyemezo bidakurikije amategeko byatumye Leta y’u Rwanda ijya mu manza n’abakozi ndetse itsindwa  23% byazo mu mwaka ushize wa 2025, yishyura asaga miliyoni 46 Frw arimo n’indishyi z’akababaro.