Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Helges IF yo muri Suède, yatangaje ko yahimbiye indirimbo umugore we Iribagiza Joy bamaze imyaka irindwi basezeranye imbere y’amategeko.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwaremezo muri Ministeri y’Ibikorwaremezo, Amb. Uwihanganye Jean de Dieu yatumiwe mu gitaramo cy’urwenya cya Gen – Z Comedy Show , aho azaganiriza abazakitabira mu gice kizwi nka ‘Meet me Tonight’.
Sosiyete ya Zacu Entertainment ifite televiziyo ya Zacu TV icaho Sinema Nyarwanda, ku bufatanye na Mizero Yves utunganya ama filime batangaje ko bagiye gushyira hanze filime nshya izaba igaruka ku buzima bw’abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye ‘HighSchool’.
Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta mu itangazamakuru ry'imyidagduro mu Rwanda, kuri ubu urimo kugororerwa mu Igororero rya Nyarugenge yatangaje byinshi ku buzima bwe muri iki gihe arimo kugororwa ndetse anavuga k'uruganda rw'Umuziki wo mu Rwanda akurikiranira hafi n'ubwo akiri kugororwa.
Botswana ni cyo gihugu cya mbere muri Afurika mu gucukura Diyama nyinshi ikaza ku mwanya wa kabiri ku Isi nyuma y’u Burusiya. Ni iyambere kandi mu kugira diyama ifite ireme kurusha izindi ku Isi aho mu 2024 yanditse amateka yo kugira ikirombe cya kabiri ku Isi cyacukuwemo diyama nini ipima Karat 2,492.
Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Helges IF yo muri Suède, yatangaje ko yahimbiye indirimbo umugore we Iribagiza Joy bamaze imyaka irindwi basezeranye imbere y’amategeko.
Uwaregwaga ni umusaza w'imyaka 73 witwa Mundere Vianney utuye mu mudugudu wa Ruvuzo mu kagari ka Nyarurama mu murenge wa Cyabakamyi mu karere ka Nyanza,aho ubushinjacyaha bwari bwamureze icyaha cy'ubwicanyi buturutse ku bushake aho yaregwaga kwica umukecuru baturanye w'imyaka 86 witwa Sarah Mukabutera.
Kwanga Abatutsi muri aka karere byatangiye kera, cyane cyane bitewe n’uko perezida Habyarimana ariho yakomokaga, hamwe n’abandi bakomeye bo mu “Kazu” bari ku isonga ya politiki y’urwango mu Rwanda.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, uri mu ruzinduko rw’akazi i Riyadh mu Bwami bwa Saudi Arabia, yagiranye ibiganiro na mugenzi we, H.H. Prince Faisal bin Farhan Al Saud, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Saudi Arabia
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yakurikiye umukino wa ½ cya UEFA Champions League wahuje Arsenal FC na Atlético Madrid, warangiye amakipe yombi anganyije igitego 1–1