Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Element EleéeH yagaragaje ibyishimo nyuma yo kurangiza ifata ry’amajwi y’indirimbo ye yakoranye n’umuhanzi ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ne-Yo izaba iri ku muzingo w’indirimbo (Album) we wa mbere yenda gusohora
Umusizi Murekatete wamenyekanye mu bisigo birimo ‘Icyanditswe’, ‘Arubatse’, ‘Kanama k’Imyaka’ n’ibindi,  yateguje abakunzi be icyo yise “NIBAGWIRE” cyashibutse ku gutekereza ku rugendo rwo kurambagizanya.
Umuhanzi King James yerekeje mu Bubiligi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 aho agiye gukorera igitaramo kibanziriza ibindi azakorera hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 nibwo umuhanzi Tom Close yashyize hanze indirimbo “Look at Me” nyuma y’umwaka yari amaze adasohora indirimbo.

Inkuru Nshya

Ikipe ya REG ya basketball y'abagore yateye intambwe igana ku gikombe cya Shampiyona nyuma yo gutsinda The Hoops Rwanda amanota 93-58 mu mukino wa gatatu w'imikino ya nyuma ya kamarampaka, Cheetah Energy RBL Playoffs.
Ikipe ya APR BBC yatsinze Patriots BBC amanota 114-76, biyiha kwegukana igikombe cya Shampiyona y'u Rwanda ku nshuro ya 4 yikurikiranya nyuma yo gutsinda imikino 4-0.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda ya volleyball mu bagore yisanze mu yisanze rya kane (D) hamwe na Algeria, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'u Burundi mu gikombe cy'Afurika kigiye kubera Nairobi muri Kenya.
Sosiyete ya RwandAir yongeye ubushobozi mu ngendo mpuzamahanga nyuma yo kwakira indege nshya yo mu bwoko bwa Airbus A330-200, ikaba imwe mu ndege eshanu zo muri ubu bwoko iyi sosiyete iteganya kongera mu rwego rwo kwagura ibikorwa byayo.
Intumwa ziturutse muri Minisiteri y’Ingabo za Mozambique, ziyobowe na Maj Gen Samuel Luluva, umuyobozi mukuru ushinzwe Serivisi z’imibereho myiza, zatangiye uruzinduko rw’akazi rugamije gushimangira umubano usanzwe mu bya gisirikare hagati y’u Rwanda na Mozambique.
Ikipe ya Commercial Bank of Ethiopia (CBE) yatsinzwe na Kawempe Muslim Ladies igitego 1-0 naho Simba Queens itsindwa na Kenya Police Bullets WFC ibitego 2-1 muri CECAFA y’abagore yo gushaka itike ya CAF Women’s Champions League.
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yatangije ku mugaragaro Itorero Intagamburuzwa icyiciro cya gatandatu, ryitabiriwe n’abanyeshuri bashya bo mu ishuri rikuru ryo guteza imbere ubuhinzi n'ubworozi (RICA), riherereye mu karere ka Bugesera.