Amashusho

🔴🔴 PRESIDENT KAGAME AT AFRICA CEO FORUM OPENING CEREMONY || SANCTIONS …||

IREBERE IBITEGO BYOSE || APR FC VS ETINCELLES FC || PEACE CUP SEMI FINALS REG 2 || EXTENDED HIGHILI

🔴🔴HIGHLIGHTS: AL HILAL SC 2-1 GASOGI UNITED || AL HILAL ITSINZE GASOGI ITWARA IGIKOMBE ||| MD33

🔴🔴 REBA UKO AL HILAL IHAWE IGIKOMBE || MU BYISHIMO BIDASANZWE ABAKINNYI BA AL HILAL

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

🔴🔴 TURASHAKA APR KURI FINAL || GORILLA NI UMWANA || ABAFANA BA RAYON SPORTS MU BYISHIMO BYINSHI

EDRC | Gushyira imbere ibihano ku Rwanda ntibishobora kurwemeza ibyo rutemera | Perezida Macron

🔴🔴HIGHLIGHTS: RUTSIRO 1-2 AMAGAJU FC || MATCH DAY 31|| UMUGANDA STADIUM || 10 MAY 2026||

Imyidagaduro

Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné yerekanye ko yitegura kurushinga na Nishimwe Liliane bamaze igihe mu rukundo, utuye mu Bubiligi.
Umuhanzi ukomoka muri Kenya, Bien-Aimé Baraza, uzwi cyane nka Bien, na Abigail Chams ukomoka muri Tanzania bazasusurutsa abazitabira imikino ya BAL
Umuhanzikazi Nyarwanda Alyn Sano yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya yise Ntibikunda.
Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.

Inkuru Nshya

Kuri uyu wa Gatandatu Visi Perezida wa Sena, Nyirahabimana Soline yitabiriye igikorwa cyo kwibuka imiryango yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi,igikorwa cyabereye mu karere ka Rwamagana.
Kabuga Félicien, wari ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yapfuye aguye mu bitaro byo mu mujyi wa La Haye mu Buholandi
Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD) yasinyanye na Banki y’Abarabu yita ku Iterambere rya Afurika (BADEA), amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika, azafasha BRD kongera ubushobozi bwo gutera inkunga imishinga ishyigikira iterambere rirambye no guhanga imirimo.
Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné yerekanye ko yitegura kurushinga na Nishimwe Liliane bamaze igihe mu rukundo, utuye mu Bubiligi.
Mu karere ka Musanze hagiye kuzura uruganda rutunganya imyanda ruzuzura rutwaye asaga miliyari 4,5 Frw, rukaba rwutezweho gukemura ibibazo by’isuku n’isukura no gutanga ifumbire ikoreshwa mu buhinzi.