Nyuma y'igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n'umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w'urukundo n'umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku mugaragaro.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Mayor Samuel Dusengiyumva, yahuye n'Umuyobozi w’Umujyi wa Baku muri Azerbaijan, Azizov Eldar Aziz oglu, baganira ku buryo bwo kurushaho guteza imbere imikoranire hagati y’iy'imijyi yombi
Abayisilamu 62 bo mu Rwanda berekeje i Maka mu mutambagiro mutagatifu wa Hidja wa 2026, aba bayisilamu bahagurutse ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 17 Gicurasi.
Leta y’u Rwanda yiteguye kubyaza umusaruro ingufu za nikeleyeri nka kimwe mu bizarufasha kuzamura ubukungu bwarwo binyuze mu kuzikoresha mu buryo bunyuranye harimo no kuzibyaza amashanyarazi ndetse no kuzikoresha mu buvuzi.