Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

Imyidagaduro

Nyuma yo gutanga ibyishimo mu myaka yashize, itsinda rya Urban Boyz ryari rigizwe na Safi, Nizzo na Humble Jizzo ryongeye guhurira hamwe mu gihe ryitegura kongera gutaramira abantu i Rubavu tariki 1 Kanama 2026 mu bitaramo bizenguruka Igihugu bya MTN Iwacu Muzika Festival bitegurwa na East African Promoters (EAP).
Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto (Miss Photogenic) muri Miss Rwanda 2019 yerekanye imodoka nshya yaguze ya ‘Mercedes-Benz GLC 300’ ifite n’icyapa kiranga ikinyabiziga (Plaque) cyiri mu izina rye ‘Muyango’.
Mimi Mehfira, umugore w’umuhanzi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy, yasubije abamubajije impamvu yabujije Umugabo we kongera gusohora indirimbo ababwira ko nawe ari umufana bityo ko ategereje nk’abandi.
Umubyinnyi mpuzamahanga w'umunyarwanda ariko ufite n'ubwenegihugu bw'Ubwongereza, Sherrie Silver, yishimiye guhura na Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, Gianni Infantino ku mukino w'Igikombe cy'Isi wahuje Ubwongereza na Argentine muri 1/2 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Inkuru Nshya

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Maj Gen  Junhui Wu, yasuye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro zikorera muri Batayo ya Rwanbatt-3 ahitwa Durupi. 
Inama y'Abaminisitiri yemeje ishyirwaho ry'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Kubungabunga Urusobe rw'Ibinyabuzima (Rwanda Nature Foundation – RNF), kizibanda ku bikorwa byo kurengera, kubungabunga no gucunga mu buryo burambye ibinyabuzima byo mu gasozi n'ibyanya birinzwe n’Amasezerano hagati ya Guverinoma y’u Rwanda na InipasvalleyRw Ltd yerekeye umushinga w’ibihingwa byifashishwa cyane mu rwego rw’ubuvuzi.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda ya basketball y'abatarengeje imyaka 18 mu bangavu, yatangiye itsindwa n'ikipe y'igihugu ya Tanzania amanota 60-58 mu mukino wabimburiye indi y'imikino y'akarere ka gatanu (5) yo gushaka itike y'Igikombe cya Afurika iri kubera i Cairo mu Misiri.
Ikipe ya Vipers SC yo muri Uganda yatangiye neza mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026 itsinda Garde Républicaine FC yo muri Djibouti ibitego 3-0 mu mukino wabimburiye indi wabereye muri Sitade Amahoro.
Minisiteri y’Ubutabera mu Rwanda yatangaje ko irimo gusuzuma uko icyaha cy’icuruzwa ry’abantu cyashyirwa mu byaha bidasaza kuko ibimenyetso by’abagikora rimwe na rimwe bitinda kuboneka bikagira ingaruka ku itangwa ry’ubutabera ku bagikorewe.
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n'u Rwanda byahuye ku nshuro ya mbere imbere y'Urukiko Mpuzamahanga rw'Ubutabera (ICJ) i La Haye, mu rubanza Kinshasa yareze Kigali ku wa 26 Kamena 2026, aho ishinja u Rwanda uruhare mu bikorwa by'umutekano muke n'ihohoterwa mu burasirazuba bwa RDC.
Ikipe ya APR BBC yamaze kwiyambaza umukinnyi w'umunya-Amerika Teafale Marquise Lenard Jr ngo azayifashe mu mikino ya kamarampaka izaba nyuma y'uko imikino ya Shampiyona isojwe kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Nyakanga 2026.
Madamu Jeannette Kagame yafunguye ku mugaragaro igikorwaremezo ‘Imbuto Hub’ gikomatangirijemo serivise nyinshi zifasha abaturage b’ingeri zose kugira imibereho myiza, cyubatswe n’Umuryango Imbuto Foundation.