Ikipe ya RSSB Tigers yateguye igitaramo cyo kwishimana n’Abanyarwanda bayishyigikiye mu mikino ya Basketball Africa League (BAL) 2026, irushanwa risoza shampiyona y’amakipe akomeye ya Basketball muri Afurika
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora
Inteko Ishinga Amategeko yemeje ko mu mwaka wa 2026/2027, u Rwanda ruzakoresha ingengo y’imari ya miliyari 7.796,3 Frw, ikaziyongeraho miliyari 844,2 Frw ugereranyije na miliyari 6.952,1 Frw ziri mu ngengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2025/2026.
Kuri uyu wa Kane ubwo hasuzumwaga ishingiro ry'umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta ya 2026/2027,Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yavuze ko umwaka w’ingengo y’imari wa 2026/27, uzibanda ku gushyiraho ingamba zo kongera umusaruro by'umwihariko mu buhinzi.
Mu mwaka wa 2025 Pariki ya Nyungwe yahuye n’ibibazo bibangamira urusobe rw’ibinyabuzima birimo kugongwa kw’inyamaswa bitewe n’umuvuduko w’ibinyabiziga biyinyuramo, ba rushimuzi n'ibindi.
U Rwanda rugiye kwakira ku nshuro ya 6 Inama Nyafurika ihuza urubyiruko, abashoramari, abafata ibyemezo n’abafatanyabikorwa mu iterambere, izwi nka YouthConnekt Africa Summit
Ikipe ya RSSB Tigers yateguye igitaramo cyo kwishimana n’Abanyarwanda bayishyigikiye mu mikino ya Basketball Africa League (BAL) 2026, irushanwa risoza shampiyona y’amakipe akomeye ya Basketball muri Afurika
Mu mpinduka zakozwe muri MININFRA, Perezida Kagame yagize Murwanashyaka Damien Minisitiri w’lbikorwaremezo, Zingiro Armand na Col. Bizimungu Claudien bagirwa Abanyamabanga ba Leta muri iyi Minisiteri.