Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE IGANISHA KU RUPFU|| NI UGUPFA UHAGAZE UKAGWINGIRA MU MITEKEREREZE

Umusirikire waminuze muri AI | Lt Col Gaspard ||“Twese dushyire hamwe, tugirane igihango n’igihugu”

Twakoze uko dushoboye ngo Uganda na Tanzania bakinire ahandi hatari Marrakech, ariko ntibyashobotse

🔴PARIS: GUFUNGURA KU MUGARAGARO URWIBUTSO RWA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI | 2 KAMENA 2026

YAVUTSE KU MUBYEYI WAFASHWE KU NGUFU MURI JENOSIDE || UMVA UBUHAMYA BWA ALINE WAKURANYE IGIKOMERE

BAL FINALS 2026: The Dramatic Ending That Crowned RSSB Tigers Champions 90-88

Extended Highlights and Awarding| APR FC 2 – 0 GICUMBI |APR FC are BK Pro League National Champions

🔴🔴 APR FC ISHYIKIRIJWE IGIKOMBE || AFANDE CDS ARISHIMYE ATANZE UBUTUMWA ||

Imyidagaduro

Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza
Abakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy batuye hanze y’Umujyi wa Kigali ndetse n’ababa mu mahanga bashyiriweho uburyo bwo gukurikira iri seka rusange imbonankubone, binyuze ku rubuga 'Irebero' rucuruza amashusho

Inkuru Nshya

Mu rwego rwo Kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abakozi b’umuryango FPR Inkotanyi basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Nyange mu karere ka Ngororero
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke Umurenge wa Karambo barishimira ko huzuye ikiraro cyo mu kirere cyitezweho koroshya ubuhahirane n’imigenderane hagati y’abaturage.
Kuri uyu wa Kane ba Ofisiye bakuru ba RDF barimo Lt Col Pacifique Kanyandekwe na Maj John Muhikira barangije amasomo yabo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Karen muri Kenya.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko umusaruro w’inganda wiyongereyeho 0.7% muri Mata 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka ushize wa 2025, mu gihe impuzandengo y’izamuka ku mwaka yari 6.5%.
Ikipe ya Rayon Sports FC yamaze kwinjira mu isko ry’igura n’igurisha muri iyi mpeshyi ya 2026, yibikaho intwaro izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026/27, n’imikino ya CECAFA Kagame Cup yegereje.
Ambasade ya Leta Zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda yizihije imyaka 250 ishize zibonye ubwigenge , ukaba ari n’umwaka wa 64 u Rwanda na Amerika bimaze mu bufatanye.
Banki y’u Budage ishinzwe Iterambere (KfW) yatanze inkunga ya miliyoni imwe y’Amayero, ku muryango wa Afurika yo mu Burasirazuba, izifashishwa mu bikorwa byo kurwanya iki cyorezo
Inyubako ya TIC TAC Boutique Hotel iherereye mu Murenge wa Kacyiru mu Kagari ka Kamatamu, yafashwe n'inkongi y'umuriro