Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE IGANISHA KU RUPFU|| NI UGUPFA UHAGAZE UKAGWINGIRA MU MITEKEREREZE

Umusirikire waminuze muri AI | Lt Col Gaspard ||“Twese dushyire hamwe, tugirane igihango n’igihugu”

Twakoze uko dushoboye ngo Uganda na Tanzania bakinire ahandi hatari Marrakech, ariko ntibyashobotse

🔴PARIS: GUFUNGURA KU MUGARAGARO URWIBUTSO RWA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI | 2 KAMENA 2026

YAVUTSE KU MUBYEYI WAFASHWE KU NGUFU MURI JENOSIDE || UMVA UBUHAMYA BWA ALINE WAKURANYE IGIKOMERE

BAL FINALS 2026: The Dramatic Ending That Crowned RSSB Tigers Champions 90-88

Extended Highlights and Awarding| APR FC 2 – 0 GICUMBI |APR FC are BK Pro League National Champions

🔴🔴 APR FC ISHYIKIRIJWE IGIKOMBE || AFANDE CDS ARISHIMYE ATANZE UBUTUMWA ||

Imyidagaduro

Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora
Abatuye mu Mujyi wa Kigali, bakunda imyidagaduro ndetse n'imikino bagiye kugira impera z'icyumweru zidasanzwe, aho muri uyu Mujyi wa Kigali umaze kuba ikimenyabose hategerejwemo ibitaramo by'abahanzi mpuzamahanga, ibirori ndetse n’imikino ikomeye, bizafasha buri wese gusoza icyumweru neza

Inkuru Nshya

Minisitiri w'Intebe, Dr Justin Nsengiyumva,  yasabye abanyarwanda kudahangayikishwa n'izamuka ry'ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli, ashimangira ko Leta ikomeje gufata ingamba zihamye mu guhangana n'iki kibazo. 
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko nta mpungenge Abanyarwanda bakwiye guterwa n’indwara ya Ebola, kuko igihugu cyashyizeho ingamba zikomeye zo kuyikumira no kuyikurikirana, kandi bikorwa bitabangamiye ubucuruzi
Minisiteri y'Ubuzima yagaragaje ko u Rwanda rukeneye asaga miliyari 114 Frw kugira ngo ruzibe icyuho cy’umubare muke w’abaganga b'inzobere mu kubaga, ibikoresho bikenerwa ndetse n’uw’ibyumba byo kubagiramo nabyo bikiri bike cyane.
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette, yavuze ko u Rwanda rwahisemo ko iterambere no kurengera ibidukikije bitezwa imbere icyarimwe nk’inzira irambye yo kubaka ubukungu no guhangana n’imihindagurikire y’ibihe
Nyuma yaho urwego ngenzuramikorere (RURA) rutangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho igiciro cya mazutu cyiyongereyeho 722 Frw, umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ibikorwaremezo, yasobanuye ko izamuka rya Mazutu nta ngaruka rigira ku ngendo rusange ndetse no ku biciro ku masoko.
Ku rundi ruhande ubwicanyi bwakomeje gukorwa mu bice bitandukanye Inkotanyi zari zitarafata. Kuri uwo munsi ni bwo Interahamwe ziyobowe na Yusuf Munyakazi zishe Abatutsi bari bihishe i Kamembe mu yahoze ari Perefegitura ya Cyangugu.
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho igiciro cya mazutu cyiyongereyeho 722 Frw kiva kuri 2,205Frw cyariho kigera kuri 2,927 Frw mu gihe lisansi yo izakomeza kugura 2,938 Frw yari asanzweho.