Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

ABA SPONSOR BASHORA MU MIBIRI YACU || ANTOINETTE NIYONGIRA AHAYE ABAKOBWA IMPANURO

UMWANA WANJYE BAMUTEYE INDA YIGA MU WA KABIRI | NDASHIMIRA IMBUTO FOUNDATION | IHURIRO RYARAMFASHIJE

ABANA IBIHUMBI 23 BATERWA INDA KU MWAKA || UYU MUBIRI NUWICA UZAWISHYURA EJO|| MINISITIRI SABIN

Imyidagaduro

Umunyamerika Ashton Hall, uherutse kugirira uruzinduko mu Rwanda, yashyizwe ku rutonde rwa Forbes Top Creators 2026, rw'abantu 50 bakoresha imbuga nkoranyambaga (content creators) binjirijeho amafaranga menshi kurusha abandi ku Isi.
Ikipe y'umutwe wo mu ngabo z'u Rwanda ushinzwe kurinda abayobozi bakuru, Republican Guard (RG), irangajwe imbere n'umuhungu wa Perezida Kagame, Ian Kagame, yongeye kwegukana igikombe cyo Kwibohora gihuza imitwe yo mu Ngabo z'u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) Liberation Tournament 2026, nyuma yo gutsinda ikipe y’Ikigo cy’Imyitozo ya Gisirikare cya Nasho (BMTC Nasho) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma.
Abanyamakuru b'imikino Ishimwe Adelaide uzwi nka Ida uherutse gusezera kuri Radiyo/TV 10 na Hitimana Jean Claude uzwi nka Hit ukihakora bateguje ubukwe buzaba tariki 5 Nzeri 2026.
Umujyi wa Kigali watangaje ko abawutuye batazigera bagira irungu muri ibi bihe by’impeshyi, cyane cyane mu myidagaduro bategujwe igitaramo cy’imbaturamugabo ku munsi w’Umuganura w’uyu mwaka wa 2026

Inkuru Nshya

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko hagati y’itariki ya 6 n’iya 10 Nyakanga 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe ku masoko mpuzamahanga byinjirije u Rwanda amafaranga arenga miliyari 11,8 Frw.
Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2026, Perezida Paul Kagame yashyizeho Abanyamabanga bashya muri Minisiteri ya Siporo no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi
Ikigo Mpuzamahanga cy’Imari  ‘Institute of International Finance’ IIF, cyashyize u Rwanda mu bihugu bya mbere muri Afurika bitanga amakuru yizewe ku bashoramari n’ajyanye n’imyenda igihugu gifite.
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane yashimiye Belén Calvo Uyarra wasoje inshingano zo kuba  Ambasaderi w’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi mu Rwanda.
Ni kenshi uzumva abantu bamwe bavuga ngo “Jyewe sinshobora kuva mu rugo mu gitondo ntafashe ifunguro”. Hari n’abahamya ko iryo funguro rya mu gitondo ngo ari ryo rifite akamaro kurusha ayandi umuntu afata ku munsi. Wenda nawe ushobora kuba ariko ubyemera cyangwa ukaba ubyibaza.
Bamwe mu batuye mu mirenge itandukanye irimo uwa Cyinzuzi, Murambi na Masoro yo mu karere ka Rulindo mu ntara y'Amajyaruguru,baratabaza basaba inzego zibishinzwe guhagurukira amatsinda y’abagizi ba nabi yashibutse ku bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, by’umwihariko abiyita wrong turn baherutse no kwica abantu babiri babasanze mu isantere.
Mu Ishuri Rikuru ry’Ingabo z’u Rwanda riherereye mu Karere ka Musanze hatangiye amahungurwa ku micungire y’urwego rw’Ingabo yitabiriwe naba Ofisiye bakuru bo mu nzego z’umutekano zitandukanye zo mu Rwanda
Muri iyi nkuru, turagaruka ku bayobozi batanu bamaze kuyobora Minisiteri nyinshi mu Rwanda, abo ni Dr. Vincent Biruta, James Musoni, Dr. Jeanne d'Arc Mujawamariya, Dr. Charles Murigande na Dr. Valentine Uwamariya.