Ikipe ya RSSB Tigers yateguye igitaramo cyo kwishimana n’Abanyarwanda bayishyigikiye mu mikino ya Basketball Africa League (BAL) 2026, irushanwa risoza shampiyona y’amakipe akomeye ya Basketball muri Afurika
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora
Ku wa 13 Kamena 1994, umunyamakuru w’Umufaransa Daniel Mermet yanyujije kuri radiyo y’igihugu ya Bufaransa, France Inter, ibiganiro by’ibandaga ku marorerwa Interahamwe n’Ingabo z’igihugu FAR bakoreraga mu Rwanda.
Ku rundi ruhande, uwo munsi, interahamwe ziyobowe na Kigingi zateye Abatutsi bari barahungiye mu bapadiri Henri Blanchard na Otto Mayer kuri Paruwasi yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga i Nyamirambo zica Abatutsi 170 biganjemo abana.
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu myaka ibiri ishize hatangijwe gahunda yo guhera abana ifunguro rya saa sita ku ishuri, hamaze gukusanywa Miliyoni 976 Frw zo gushyigikira iyi gahunda.
Urwego rw’Umuvunyi ruvuga ko kuba hari ibibazo rwakira kandi hari izindi nzego za Leta zagombaga kuba zarabikemuye, bigaragaza ko abaturage baba batahawe serivisi bakeneye uko bikwiye.
Sosiyete ya RwandAir yegukanye igihembo cy’umwaka wa 2026 cy’indashyikirwa mu gutanga serivisi zitangirwa mu ndege ku mugabane wa Afurika, mu bihembo bizwi nka ‘APEX Best Awards 2026.’