Amashusho

SALEH WAVUYE MU BWONGEREZA ADIDIBUJE IKINYARWANDA YIGIYE MU ITORERO INDANGAMIRWA

Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze|| Ntimukabe ubusa || Perezida Kagame

“Vibes ntabwo nzanze, ariko uhagaze he? Kugirango tujye muri vibes tugire aho tuba duhagaze.”

Umutekano ujyanye no kubaho kwacu ntabwo tuwushakira gushimwa n’abahandi: Perezida

MENYA IBICE BIGIZE IKIMENYETSO CYA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI CYUBATSWE KU NTEKO ISHINGA AMATEGEKO

Ndi Umunyagatolika, namubaye ntabizi ariko nkuze ndabyubahiriza – Perezida Kagame

Ijambo rya Perezida Kagame ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urugamba rwo kuyihagarika

UBU KOKO TWEBWE ABIRABURA TUZEMERA KO DUCIRIRITSE? || PEREZIDA KAGAME

Imyidagaduro

Abanywarwanda mu ngeri zinyuranye haba abari imbere mu gihugu no hanze yacyo bakozwe ku mutima n’intsinzi ya Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 bagaragaza amarangamutima yabo yuzuyemo ibyishimo bisendereye.
Mu kwizihiza iyi myaka 10 ishize, Ishimwe Clement yashimiye cyane umugore we Knowless avuga ko kumuhitamo nk’umugore ari wo mu myanzuro mwiza yafashe mu buzima bwe bwose. Mu gihe Knowless nawe yashimiye umugabo we ku bana beza babyaranye.
Amatike y'umunsi wa kabiri w'igitaramo cya King James yamaze gushira ku isoko mu gihe habura amasaha make ngo gitangire.
King James yasendereje ibyishimo abakunzi be bari muri BK Arena ahereye ku ndirimo yamenyekanyeho cyane, na bo bakaririmbana na we ijambo ku rindi.Ruhumuriza James uzwi nka king James yagerageje kunyura mu ndirimbo nyinshi zigize album 7 ze, zirimo iyo yise Umugisha, Umuvandimwe, Biracyaza, Ntibisanzwe, Meze neza, Urukundo ndeyse n'iyo yise Ubushobozi ari yo iheruka.

Inkuru Nshya

Umunyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Mugabe Bonnie yemeje ko bakiriye ibaruwa yavuye muri APR FC imenyesha iri Shyirahamwe ko itazitabira irushanwa ry'Igikombe Kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026.
Umunyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Mugabe Bonnie yemeje ko bakiriye ibaruwa yavuye muri APR FC imenyesha iri Shyirahamwe ko itazitabira irushanwa ry'Igikombe Kiruta ibindi, FERWAFA Turbo King Super Cup 2026.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko inyubako y’Inkundamahoro yongeye gufungurwa nyuma y’uko ubuyobozi bwayo butangiye gushyira mu bikorwa ibisabwa kugira ngo hakemurwe ibibazo by’isuku n’umutekano byari byagaragaye muri iyi nyubako.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Kanama 2026 nibwo ikipe ya Musanze FC yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi w'umunyarwanda Mugiraneza Frodouard ukina mu kibuga hagati yugarira.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga Urusobe rw’Ibinyabuzima (Rwanda Nature Foundation), Eugène Mutangana, yavuze ko abana b’Ingagi 22 ari bo bazitwa amazina mu birori bigiye kuba ku nshuro ya 21.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'umukino wa Tennis mu bagore igiye kwitabira irushanwa rya Billie Jean King Cup Africa Group IV rizabera i Abidjan muri Côte d'Ivoire.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'ingimbi zitarengeje imyaka 18 yasezerewe mu Gikombe cy'Afurika cya 2026 nyuma yo gutsindwa na Tunisia bigatuma irangiza imikino yose y'amatsinda idatsinze umukino n'umwe.
Nyuma y'aho Leta ihagarikiye inzoga zitujuje ubuziranenge harimo n'izitwaga ibyuma, Polisi y'u Rwanda ivuga ko umusaruro mwiza w'iyi gahunda watangiye kuboneka kuko ibyaha byari bizishamikiyeho nabyo byatangiye kugabanyuka