Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Kurinda Pariki y’Ibirunga bitanga inyungu ikomeye ku baturage | CEO RDB Jean-Guy Afrika

KWITA IZINA BITWIBUTSA AGACIRO K’UMUTUNGO KAMERA DUFITE NO KUWURINDA | Minisitiri w’Intebe

Uko APR FC izatsinda LES AIGLES DU CONGO i Kigali 🚨 babonye imikinire yabo 🧠 ntago izabacika 💪

APR FC YARIBWE cg NI URWITWAZO! Umva ukuri tukarimo kubogama💯 Menya ibihano biteganyijwe…….

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

Imyidagaduro

Umunyamakuru Ndahiro Emmanuel wamenyekanye cyane nka Taikun Ndahiro, yakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe ipererza rigikomeje ku byaha akurikiranyweho birimo gukoresha ibiyobyabwenge.
Umukinnyi wa filime Mukobwajana Asifiwe uzwi cyane nka Micky n’umugabo we Agiraneza Pacifique wamamaye nka AG Promoter, bari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana wabo w’umukobwa.
Umuhanzi Yvan Muziki yatunguye umukunzi we Marina, amuha imodoka ya Mercedes-Benz ifite agaciro ka miliyoni 38 Frw, nyuma y’amezi arindwi amusabye ko bazabana nk’umugore n’umugabo.
Umusizi Murekatete wamenyekanye mu bisigo birimo ‘Icyanditswe’, ‘Arubatse’, ‘Kanama k’Imyaka’ n’ibindi,  yashyize hanze icyo yise “NIBAGWIRE” kigaruka ku rugendo rwo kurambagizanya yageneye abari mu rukundo.

Inkuru Nshya

Ikipe y’u Rwanda igizwe n’abakinnyi 15 yerekeje i Montréal muri Canada, aho izitabira shampiona yisi yo gusiganwa ku magare 2026(UCI), azaba kuva ku wa 20 kugeza ku wa 27 Nzeri 2026.
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwahannye Ingabire Victoire Umuhoza ihazabu ya 500,000 Frw, nyuma yo gusanga ubusabe bwe bwo kwihana Inteko y’Abacamanza bushobora gutinza urubanza aregwamo ibyaha birindwi.
Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko Abanyarwanda 297 bari baracurujwe mu bihugu bitandukanye bagaruwe mu Rwanda hagati ya Nyakanga 2025 na Kamena 2026, benshi muri bo bakaba ari urubyiruko.
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Bénin, Romuald Wadagni, bakoze siporo yo kugenda n’amaguru mu gace ka Nyarutarama Green Carpet mu Mujyi wa Kigali.
APR FC yatangiye itsinda Marine FC ibitego 4-2 naho Al Hilal SC itsinda Kigali FC ibitego 2-0 mu mikino y’umunsi wa 3 wa Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, yabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2026.
Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA), rwatangaje ko ruri gukorana n’inzego zitandukanye mu rwego rwo guha Abanyarwanda uburyo bwo gushora imari mu migabane y’uruganda Dangote Petroleum Refinery ruri mu zikomeye muri Afurika.
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda yitwaye neza mu mukino wayo wa kabiri wo mu itsinda mu Gikombe cya Afurika, itsinda Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) amaseti 3-1.
Umunyamakuru Ndahiro Emmanuel wamenyekanye cyane nka Taikun Ndahiro, yakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe ipererza rigikomeje ku byaha akurikiranyweho birimo gukoresha ibiyobyabwenge.