Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Kurinda Pariki y’Ibirunga bitanga inyungu ikomeye ku baturage | CEO RDB Jean-Guy Afrika

KWITA IZINA BITWIBUTSA AGACIRO K’UMUTUNGO KAMERA DUFITE NO KUWURINDA | Minisitiri w’Intebe

Uko APR FC izatsinda LES AIGLES DU CONGO i Kigali 🚨 babonye imikinire yabo 🧠 ntago izabacika 💪

APR FC YARIBWE cg NI URWITWAZO! Umva ukuri tukarimo kubogama💯 Menya ibihano biteganyijwe…….

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

Imyidagaduro

Umuhanzi Yvan Muziki yatunguye umukunzi we Marina, amuha imodoka ya Mercedes-Benz ifite agaciro ka miliyoni 38 Frw, nyuma y’amezi arindwi amusabye ko bazabana nk’umugore n’umugabo.
Umusizi Murekatete wamenyekanye mu bisigo birimo ‘Icyanditswe’, ‘Arubatse’, ‘Kanama k’Imyaka’ n’ibindi,  yashyize hanze icyo yise “NIBAGWIRE” kigaruka ku rugendo rwo kurambagizanya yageneye abari mu rukundo.
Umunyarwanda Kagarara wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Ashton Small, yujuje miliyoni imwe y’abamukurikira kuri Instagram, aba umwe mu Banyarwanda bamaze kugera kuri uyu mubare kuri uru rubuga.
Taikun Ndahiro yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko aho gufungwa yakoherezwa muri gahunda yo kuvura no gufasha abashaka kureka ibiyobyabwenge, nyuma yo kwiregura ku byaha byo kwigomeka ku nzego z’umutekano no gukoresha urumogi.

Inkuru Nshya

Umuhanzi Yvan Muziki yatunguye umukunzi we Marina, amuha imodoka ya Mercedes-Benz ifite agaciro ka miliyoni 38 Frw, nyuma y’amezi arindwi amusabye ko bazabana nk’umugore n’umugabo.
U Rwanda rwagaragaje ko rukomeje gutegura ikoreshwa ry’ubumenyi n’ikoranabuhanga bishingiye ku ngufu za nucléaire mu iterambere ry’igihugu, aho ruteganya kuzifashisha mu gutanga amashanyarazi, ubuvuzi, ubuhinzi, ubushakashatsi n’inganda.
Itsinda rya ba Ofisiye bakuru 30 bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare muri Namibiya, riyobowe n'Umuyobozi Mukuru w'iri Shuri, Brig Gen Erastus Benhard Nathinge, riri mu rugendoshuri rw’icyumweru mu Rwanda, rugamije kurushaho gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare no gusangira ubumenyi ku rugendo rw’u Rwanda rwo kwiyubaka mu nzego z’ingabo, umutekano n'imiyoborere.
Gicumbi FC, Kiyovu Sports na Etincelles FC zitwaye neza mu mikino yabimburiye indi y’umunsi wa 3 wa Shampiyon y’u Rwanda, BK Pro League yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Nzeri 2026, yose yatangiye saa 15:00.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda (GDP) wageze kuri miliyari 7,174 Frw mu gihembwe cya kabiri cya 2026, uvuye kuri miliyari 5,799 Frw wariho mu gihembwe nk’icyo cya 2025.
Ikipe ya volleyball ya East African University Rwanda (EAUR VC) yamaze gusinyisha Kageruka Cedrick ukina yataka (outside hitter/Receiving attacker) avuye muri Kepler VC yari amaze imyaka 3 akinira.
U Rwanda rwafunguye ku mugaragaro ibiro bishamikiye kuri Ambasade yarwo mu Buyapani, biherereye mu Mujyi wa Kobe, mu Ntara ya Hyogo, mu rwego rwo kurushaho kwagura ibikorwa bya dipolomasi no kwegereza abaturage serivisi za Ambasade.
Ikipe ya Gisagara VC yamaze gusinyisha umunya-Sudani y’Epfo ukina yatakira inyuma (Opposite hitter) James Achuil avuye mu ikipe ya East African University Rwanda (EAUR).