Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🚨🚨INTSINZI IRARYOHA!! IREBERE UKO ABASIRIKARE BISHIMANYE N’ABAKINNYI BA APR VC MURI BK ARENA|

🔴 Rayon Sports igeze kuri Stade Kamena | Kwizera Olivier arahari | Amagaju FC nayo yahageze

🔴 BISI NI NZIZA, IKIBAZO DUTUYE NABI | ARIKO NA NONE WINTWARA MANITSE AMABOKO NK’INKA

🔴Wasili yishongoye kuri APR FC |Rayon Sports yafashe irangi, ubu ni uguca agasuzuguro | Umva umugani

🔴🔴 AMAKURU AGEZWEHO 26.04.2026 | ABA POLISI BASOJE AMAHUGURWA, ADEPR YAGIZE ICYO IVUGA

Extended Highlights | Amagaju FC 0 – 2 Rayon Sports FC | 26 April 2026

🔴HIGHLIGHTS : MUKURA VS 0 – 3 APR FC || IREBERE IBITEGO BYOSE ; OUATTARA, KIWANUKA NA ALEX BATSINZE

🔴🔴AMAKURU 25.04.2026 || PEREZIDA KAGAME YAVUZE KU BIBAZO BIRI MU KARERE II UWAPFIRIYE MU MUGANDA

Imyidagaduro

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yemeje ko azataramira mu Bwongereza, mu gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 27 Kamena 2026.
Umuhanzi Kevin Kade yateguje indirimbo ye nshya yise ‘ Ndi Ready’ yizeza abakunda ibihangano bye ko izabanyura.
Umuhanzikazi Clarisse Karasira yavuze ibigwi umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie wahetuye amasomo ya kabiri y'icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n'icungamutungo kuri ubu akaba agiye gushaka Impamyabumenyi y'Ikirenga 'PHD'.
Umuraperikazi Candy Moon Supplier wamamaye mu muziki Nyarwanda byumwihariko uwo mu Njyana ya Hiphop yahishuye ko ubu ari mu rukundo na M1 bamenyanye mu bwana.

Inkuru Nshya

Polisi y’igihugu ikorera mu karere ka Gasabo yafashe abagabo 2 bacuruza ikiyobyabwenge cy’urumogi, umwe w'imyaka 43 n'undi w'imyaka 40.Aba bafashwe ku manywa y'ihangu saa tanu z'amanywa kuri iki cyumweru bafatirwa bafatirwa mudugudu wa Ramba akagali ka Musave umurenge wa Bumbogo ho mu karere ka Gasabo.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yemeje ko azataramira mu Bwongereza, mu gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 27 Kamena 2026.
Amakipe ane ahagarariye u Rwanda mu muri Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball (CAVB Men’s Club Championship 2026) yageze muri ⅛ mu gihe hamaze gukinwa imikino ine muri itanu y’amatsinda
U Rwanda rukomeje gushyiraho ingamba zirufasha guhangana n’izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli bikomeje gutumbagira uko bwije n’uko bukeye ari nako kandi rugabanya ingano y’imyuka ituruka mu binyabiziga bikoresha lisansi ijya mu kirere ikangiza ibidukikije.
Umuhanzi Kevin Kade yateguje indirimbo ye nshya yise ‘ Ndi Ready’ yizeza abakunda ibihangano bye ko izabanyura.
Umunyarwanda Masengesho Vainqueur yegukana umwanya wa kabiri muri Tour d'Algérie Cycliste 2026, asizwe amasegonda 19 n’Umunya-Indonesia Dimas Nur Fadhil Rizqi ukinira Jakarta Pro Cycling Team
Kuri iyi tariki nibwo intumwa za Leta y’abatabazi yari iri gukora Jenoside zakiriwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa i Paris, hirengagijwe ubuzima bw’Abatutsi ibihumbi bari bamaze kwicwa bazira uko bavutse.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Amagaju FC ishimangira umwanya wa kane, mu gihe yitegura kwisobanura n’umukeba wayo, APR FC.