Ababyeyi bibukijwe gukomeza gukurikirana abana no kubasura ku ishuri

Abanyakigali bacikanwe no kwifotoza ku ndangamuntu koranabuhanga bahawe andi amahirwe

Abakinnyi babiri b’abanyarwandakazi bagiye gukina muri Djibouti

Imyambarire ya Kirikou Akili muri BK Arena yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga

Live updates

ago :

Palestinian fighters say Israeli soldiers, vehicles targeted

Ababyeyi bibukijwe gukomeza gukurikirana abana no kubasura ku ishuri

Abanyakigali bacikanwe no kwifotoza ku ndangamuntu koranabuhanga bahawe andi amahirwe

Abakinnyi babiri b’abanyarwandakazi bagiye gukina muri Djibouti

Kwibuka

Patrice Evra wakiniye Manchester United yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Mokgweetsi yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali yunamira inzirakarengane zihashyinguye

Inkuru Nshya

Urugwiro

Perezida Kagame yihanganishije Samia Suluhu ku rupfu rw’umugabo we

Politiki

Perezida Paul Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman 

Ubuhinzi

U Rwanda rwijeje abahinzi ko ifumbire izakoreshwa mu Muhindo ihari kandi ihagije

Ibidukikije

Karongi: Hagiye guhuzwa amateka, ibidukikije n’ishoramari mu guteza imbere ubukerarugendo

Imideli

Amamaza hano

Advertise here: 310 x 328

Uburezi

Ababyeyi bibukijwe gukomeza gukurikirana abana no kubasura ku ishuri

Inkuru zamamaza

Amatangazo

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Munyakazi Sadate yongeye gutanga igitekerezo gikomeye ku myambarire y’umuraperi w’Umurundi Kirikou Akili, nyuma y’uko uyu muhanzi yaserukanye kuri BK Arena mu gitaramo yari yahuriyemo na Kivumbi King. Sadate yavuze ko ikibazo cy’imyambarire n’imyitwarire imbere y’urubyiruko kidakwiye kureberwa ku bagore gusa, ahubwo ko n’abagabo bafite ijambo mu rubyiruko bakwiye kubazwa urugero batanga.
Kimenyi Yves yavuze ku mubano we na Muyango Claudine, ahishura uko amufata nyuma y’ibyagiye bivugwa ku mibanire yabo, ariko avuga ko hari ibyo adashaka kujya mu mizi abisobanuraho.
Uwahoze ari umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Kimenyi Yves, yahakanye amakuru amaze igihe akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba afite abandi bana barimo impanga.
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Divine Joshua Ikubor uzwi nka Rema, uri mu bakomeye mu njyana ya  Afrobeats, yatanze ibyishimo bisendereye ku bihumbi by’abakunzi b’umuziki bari muri BK Arena mu gitaramo cyaherekeje umuhango wo Kwita Izina wabaye ku wa Gatanu.

Imikino

Ikipe ya FC Ujeco yo muri Djibouti yasinyishije abakinnyi babiri b’abanyarwanda Iradukunda Brillante ukina mu busatirizi na Mutuyemariya Florentine uzwi nka Kalaba nyuma y’uko bayikiniye muri CECAFA y’abagore yo gushaka itike ya CAF Women’s Champions League iheruka kubera i Kigali mu Rwanda.

Inkuru Nshya

Perezida Paul Kagame yihanganishije Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, umuryango we ndetse n’Abanya-Tanzania muri rusange nyuma y’urupfu rwa Hafidh Ameir Hassan.
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana yifurije amahirwe abanyeshuri batangiye umwaka w’amashuri wa 2026/27 abasaba gukorana umwete bashaka intsinzi, yibutsa ababyeyi gukomeza kubakurikirana mu gihe bari kwishuri no kubasura.
Abanyarwanda batabonye amahirwe yo gufotorwa no gutanga ibipimo ndangamiterere mu gihe cya gahunda rusange yo kwiyandikisha ku ndangamuntu koranabuhanga, baracyahabwa amahirwe yo kubikora ku masite akomeje gutangirwaho iyi serivisi.
Ikipe ya FC Ujeco yo muri Djibouti yasinyishije abakinnyi babiri b’abanyarwanda Iradukunda Brillante ukina mu busatirizi na Mutuyemariya Florentine uzwi nka Kalaba nyuma y’uko bayikiniye muri CECAFA y’abagore yo gushaka itike ya CAF Women’s Champions League iheruka kubera i Kigali mu Rwanda.
Munyakazi Sadate yongeye gutanga igitekerezo gikomeye ku myambarire y’umuraperi w’Umurundi Kirikou Akili, nyuma y’uko uyu muhanzi yaserukanye kuri BK Arena mu gitaramo yari yahuriyemo na Kivumbi King. Sadate yavuze ko ikibazo cy’imyambarire n’imyitwarire imbere y’urubyiruko kidakwiye kureberwa ku bagore gusa, ahubwo ko n’abagabo bafite ijambo mu rubyiruko bakwiye kubazwa urugero batanga.
Kimenyi Yves yavuze ku mubano we na Muyango Claudine, ahishura uko amufata nyuma y’ibyagiye bivugwa ku mibanire yabo, ariko avuga ko hari ibyo adashaka kujya mu mizi abisobanuraho.
Impera z’icyumweru gishize zaranzwe n’ibikorwa byinshi bitandukanye mu mikino nk’umupira w’amaguru, Volleyball, handball na basketball. Muri iyi nkuru Umunota ugiye kugaruka ku bikorwa by’ingenzi by’imikino byabaye mu mpera z’icyumweru gishize kuva ku wa  Gatanu tariki 4 Nzeri kugeza ku Cyumweru tariki 6 Nzeri 2026.
Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko gushyira imbaraga mu kubaka imiryango ihamye, itekanye kandi ishingiye ku ndangagaciro, avuga ko ibibazo umuryango uhanganye na byo muri iki gihe bisaba urubyiruko kubigiramo uruhare rufatika.

Ikoranabuhanga

Ibihari