Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Munyakazi Sadate yongeye gutanga igitekerezo gikomeye ku myambarire y’umuraperi w’Umurundi Kirikou Akili, nyuma y’uko uyu muhanzi yaserukanye kuri BK Arena mu gitaramo yari yahuriyemo na Kivumbi King. Sadate yavuze ko ikibazo cy’imyambarire n’imyitwarire imbere y’urubyiruko kidakwiye kureberwa ku bagore gusa, ahubwo ko n’abagabo bafite ijambo mu rubyiruko bakwiye kubazwa urugero batanga.
Kimenyi Yves yavuze ku mubano we na Muyango Claudine, ahishura uko amufata nyuma y’ibyagiye bivugwa ku mibanire yabo, ariko avuga ko hari ibyo adashaka kujya mu mizi abisobanuraho.
Uwahoze ari umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Kimenyi Yves, yahakanye amakuru amaze igihe akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba afite abandi bana barimo impanga.
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Divine Joshua Ikubor uzwi nka Rema, uri mu bakomeye mu njyana ya  Afrobeats, yatanze ibyishimo bisendereye ku bihumbi by’abakunzi b’umuziki bari muri BK Arena mu gitaramo cyaherekeje umuhango wo Kwita Izina wabaye ku wa Gatanu.

Imikino

Inkuru Nshya

Amb. Jean de Dieu Uwihanganye, wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, yabonye imirimo mishya mu Kigo cya Raffles Family Office (RFO) gifite icyicaro muri Hong Kong
Perezida w’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda, Me Nkundabarashi Moïse, yasabye ko abantu n’ibigo bitandukanye barushaho gukoresha inzira y'ubuhuza, ubukemurampaka n’izindi nzira z’amahoro mu gukemura amakimbirane, mbere yo kwitabaza inkiko.
Abantu bafite ibitekerezo by’imishinga ariko bakabura ubushobozi bwo kubishyira mu bikorwa, bagiye kubona urubuga rushya rwo kubimurika, kubona inkunga no guhura n’abashoramari bashobora kubishyiramo amafaranga.
U Rwanda n’Ubwami bwa Oman byasinyanye amasezerano abiri y’imikoranire n’andi atandatu y’ubwumvikane, agamije kwagura ubufatanye no kurushaho guteza imbere umubano w’ibihugu byombi, by’umwihariko mu bukungu, ishoramari n’ubucuruzi.
Perezida Paul Kagame yakiriwe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Oman, Sultan Haitham bin Tariq mu musangiro wateguwe mu rwego rwo kumuha icyubahiro, ubwo yatangiraga uruzinduko rwe rw’iminsi ibiri muri iki gihugu.
Umwaka w’imikino wa 2026-2027 wamaze gutangira ndetse n’imikino ya Shampiyona yaratangiye mu bihugu bitandukanye.Amakipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa, Bayern Munich yo mu Budage, Atletico Madrid yo muri Espagne na Aston Villa yo mu Bwongereza afitanye imikoranire na Visit Rwanda nayo yatangiye umwaka w’imikino akina Shampiyona zo mu bihugu byayo.Muri iyi nkuru Umunota ugiye kugaruka ku gishobora kwitegwa kuri aya makipe afitanye imikoranire na Visit Rwanda muri uyu mwaka w’imikino n’ubwo atari kugira intangiriro nziza yose.
Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwashyizeho abayobozi bashya, aho Umuhoza Barbara yagizwe Umuyobozi Mukuru, mu gihe William Niyongabo yagizwe Umuyobozi ushinzwe Ibikorwa (COO).