Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Izingiro ry’ibibazo by’Abanyarwanda muri Uganda | Perezida Museveni niwe ufite urufunguzo

Abanyarwanda muri Uganda, Ibibazo bahura nabyo biva he?

ABADEPITE BASABYE KO INGENGO Y’IMARI YITA KU KONGERA UBUMENYI N’UBUSHAKASHATSI MU BUHINZI

INGENGO Y’IMARI YARIYONGEREYE|| UKO GUVERINOMA YITEGUYE GUHANGANA N’IZAMUKA RY’IBICIRO KU ISOKO

Iby’ingenzi wamenya ku Kigo cy’Igihugu cya AI u Rwanda rwashyizeho | AI izakoreshwa muri byose

IBYO WAMENYA KU BAYOBOZI BASHYA PEREZIDA KAGAME YASHYIZE MU NSHINGANO || IMPINDUKA MURI GUVERINOMA

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Imyidagaduro

Ikipe ya RSSB Tigers yazengurutse Umujyi wa Kigali yerekana igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026) yegukanye isoreza mu gitaramo yishimanyemo n'abanya-Kigali
Umujyi wa Kigali watangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 13 Kamena 2026, mu mbuga ya Kigali Convention Centre haturikirizwa ibishashi by’umuriro ‘fireworks’ mu rwego rwo kwishimira igikombe cya BAL 2026 RSSB Tigers BBC yegukanye.
Umuhanzi Bruce Melody yatangaje ko abarenga 500 biganjemo urubyiruko bahawe imirimo mu gutegura igitaramo kibimburira ibindi bizenguruka igihugu byiswe ‘Summer Country Tour’ bigiye gutangirira mu Karere ka Musanze.
Itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Vestine na Dorcas, ryatangaje ko ryamaze gutandukana na Irene Murindahabi uzwi nka M Irenen wari warebereraga inyungu z'iri tsinda kuva mu 2020.

Inkuru Nshya

Nkurayija Ishimwe Jean Hubert wari Umuhuzabikorwa wa Tour du Rwanda yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY).
Muri raporo yashyikirijwe tariki ya 31 Gicurasi 1994 Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye, niho hagaragajwe ku nshuro ya mbere ku mugaragaro ko mu Rwanda hakozwe Jenoside. 
Lt Col Gaspard Harerimana,umuyobozi mukuru ushinzwe ikoranabuhanga muri Minisiteri y’ingabo, yavuze ko nyuma yo kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahise agirana igihango n’Inkotanyi, afata icyemezo cyo kuzajya mu gisirikare anaboneraho gusaba urubyiruko na rwo kugirana igihango n'igihugu.
Madamu Jeannette Kagame yafunguye Inzu y’Amateka 'Ntarama Genocide Memorial Gallery', Inzu y’Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi iri ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera.
Minisitiri w’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana,mu kiganiro cy’amateka yahaye abitabiriye ihuriro ngarukamwaka ry’urubyiruko ryiswe ‘Igihango cy’Urungano’,yagagaraje ko amahanga yari azi itegurwa rya Jenoside ariko ntatabare.
Kuri uyu wa Gatandatu Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abarenga 2000 bitabiriye Ihuriro ry’urubyiruko, igihango cy’urungano, ryabereye ku Intare Conference Arena, mu Mujyi wa Kigali.
Nyuma y'uko bimaze kugaragara ko mu bice bitandukanye by'igihugu iyo imodoka ikoze impanuka usanga hari bamwe mu baturage bihutira kujya kwiba ibintu biri muri izo modoka,Polisi y'u Rwanda yatanze ubutumwa buburira abishora muri ibi bikorwa.
Mu myaka 6 ishize, Green Gicumbi ivuga ko mu karere ka Gicumbi, hakozwe amaterasi kuri hegitari 1,450 harimo amaterasi yikora kuri hegitari 850 n’amaterasi y’indinganire kuri hegitari 850.