Umuhora wa ruguru wiyemeje gufasha u Rwanda kugabanya imyuka ihumanya ikirere

Gen Mubarakh Muganga yasabye APR FC kugarukana intsinze i Kigali iyikuye  i Lubumbashi

U Rwanda rwijeje abahinzi ko ifumbire izakoreshwa mu Muhindo ihari kandi ihagije

Amagaju FC yatangiye ayoboye BK Pro League, Kiyovu Sports itungurwa na Gorilla FC

Live updates

ago :

Palestinian fighters say Israeli soldiers, vehicles targeted

Umuhora wa ruguru wiyemeje gufasha u Rwanda kugabanya imyuka ihumanya ikirere

Gen Mubarakh Muganga yasabye APR FC kugarukana intsinze i Kigali iyikuye  i Lubumbashi

U Rwanda rwijeje abahinzi ko ifumbire izakoreshwa mu Muhindo ihari kandi ihagije

Kwibuka

Patrice Evra wakiniye Manchester United yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Mokgweetsi yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali yunamira inzirakarengane zihashyinguye

Inkuru Nshya

Urugwiro

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayobozi b’ibigo bikomeye bise amazina abana b’ingagi

Politiki

Perezida Paul Kagame ategerejwe mu Bwami bwa Oman 

Ubuhinzi

U Rwanda rwijeje abahinzi ko ifumbire izakoreshwa mu Muhindo ihari kandi ihagije

Ibidukikije

Karongi: Hagiye guhuzwa amateka, ibidukikije n’ishoramari mu guteza imbere ubukerarugendo

Imideli

Amamaza hano

Advertise here: 310 x 328

Uburezi

RIB yerekanye abantu 39 barimo aba Visi meya bakurikiranyweho icyaha cyo gukopeza ibizamini bya leta 

Inkuru zamamaza

Amatangazo

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Divine Joshua Ikubor uzwi nka Rema, uri mu bakomeye mu njyana ya  Afrobeats, yatanze ibyishimo bisendereye ku bihumbi by’abakunzi b’umuziki bari muri BK Arena mu gitaramo cyaherekeje umuhango wo Kwita Izina wabaye ku wa Gatanu.
Abakunzi b’umuziki i Kigali baritegura igitaramo cya Rema, utegerejwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Nzeri 2026 muri BK Arena, mu gikorwa gisoza gahunda zo Kwita Izina 2026.
Umuhanzi Nyarwanda Nizeyimana Odo, uzwi nka Khalfan Govinda, n’umugore we Irumva Jeanne D’Arc, uzwi nka Oxygène, bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa.
Tariki 2 Nzeri 2021 nibwo inkuru mbi kandi y’agahinda yageze mu matwi y’abakunzi b’umuziki nyarwanda by’umwihariko ab’injyana ya Hip-Hop ko umuhanzi w’umuraperi Jay Polly yitabye Imana.

Imikino

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Icyubahiro Wungirije wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi b’iyi kipe gukotana bagatsindira umukino i Lubumbashi mu mukino barahuramo na FC Les Aigles du Congoyo muri RDC.

Inkuru Nshya

Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko gushyira imbaraga mu kubaka imiryango ihamye, itekanye kandi ishingiye ku ndangagaciro, avuga ko ibibazo umuryango uhanganye na byo muri iki gihe bisaba urubyiruko kubigiramo uruhare rufatika.
Raporo yagaragaje ko imanza z’ibyaha bibangamiye umuryango nyarwanda zakomeje kwiyongera, aho mu mwaka w’ubucamanza wa 2025/26 hakiriwe imanza 13.998, zivuye ku 12.443 zakiriwe mu wa 2024/25. Bigaragaza ubwiyongere bwa 12%.
Ubuyobozi bw’Umuhora wa Ruguru (Northern Corridor) buravuga ko bwiyemeje gufatanya n’u Rwanda mu kugabanya imyuka ihumanya ikirere iva mu bwikorezi bwo mu muhanda, binyuze mu guhugura abashoferi b’amakamyo ku buryo bwo gutwara ibinyabiziga bukoresha neza lisansi kandi bukagabanya ibyuka bihumanya ikirere.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Icyubahiro Wungirije wa APR FC, Gen Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi b’iyi kipe gukotana bagatsindira umukino i Lubumbashi mu mukino barahuramo na FC Les Aigles du Congoyo muri RDC.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yatangaje ko abahinzi  badakwiye kugira impungenge ku ifumbire mvaruganda izakoreshwa mu gihembwe cy’ihinga cya 2027 A, (Umuhindo) nubwo hari imbogamizi z’intambara yatumye ibihugu biyohereza mu Rwanda bihura n’imbogamizi.
Shampiyona y’u Rwanda ya BK Pro League 2026/27 yatangiye ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nzeri 2026, aho Amagaju FC yatangiye neza atsinda Etoile de l’Est mu gihe  Kiyovu Sports yatangiye nabi itsindwa na Gorilla FC naho Etincelles FC na Sunrise FC zigwa miswi.
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Divine Joshua Ikubor uzwi nka Rema, uri mu bakomeye mu njyana ya  Afrobeats, yatanze ibyishimo bisendereye ku bihumbi by’abakunzi b’umuziki bari muri BK Arena mu gitaramo cyaherekeje umuhango wo Kwita Izina wabaye ku wa Gatanu.
Mbere y’uko Shampiyona itangira, Umunota wateguye urutonde rw’abakinnyi 10 bo kwitega muri uyu mwaka, uru rutonde rwakozwe hagendewe ku bitekerezo by’abanyamakuru batandukanye b’imikino babajijwe uko babibona.

Ikoranabuhanga

Ibihari