Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Izingiro ry’ibibazo by’Abanyarwanda muri Uganda | Perezida Museveni niwe ufite urufunguzo

Abanyarwanda muri Uganda, Ibibazo bahura nabyo biva he?

ABADEPITE BASABYE KO INGENGO Y’IMARI YITA KU KONGERA UBUMENYI N’UBUSHAKASHATSI MU BUHINZI

INGENGO Y’IMARI YARIYONGEREYE|| UKO GUVERINOMA YITEGUYE GUHANGANA N’IZAMUKA RY’IBICIRO KU ISOKO

Iby’ingenzi wamenya ku Kigo cy’Igihugu cya AI u Rwanda rwashyizeho | AI izakoreshwa muri byose

IBYO WAMENYA KU BAYOBOZI BASHYA PEREZIDA KAGAME YASHYIZE MU NSHINGANO || IMPINDUKA MURI GUVERINOMA

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Imyidagaduro

Ikipe ya RSSB Tigers yazengurutse Umujyi wa Kigali yerekana igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026) yegukanye isoreza mu gitaramo yishimanyemo n'abanya-Kigali
Umujyi wa Kigali watangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 13 Kamena 2026, mu mbuga ya Kigali Convention Centre haturikirizwa ibishashi by’umuriro ‘fireworks’ mu rwego rwo kwishimira igikombe cya BAL 2026 RSSB Tigers BBC yegukanye.
Umuhanzi Bruce Melody yatangaje ko abarenga 500 biganjemo urubyiruko bahawe imirimo mu gutegura igitaramo kibimburira ibindi bizenguruka igihugu byiswe ‘Summer Country Tour’ bigiye gutangirira mu Karere ka Musanze.
Itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Vestine na Dorcas, ryatangaje ko ryamaze gutandukana na Irene Murindahabi uzwi nka M Irenen wari warebereraga inyungu z'iri tsinda kuva mu 2020.

Inkuru Nshya

Polisi y’u Rwanda yangirije mu ruhame ibiyobyabwenge ndetse n’ibicuruzwa bitemewe byafatanywe abaturage babicuruza mu bihe bitandukanye mu Mujyi wa Kigali.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko ivangamutungo rusange ari bwo buryo bwakoreshejwe n’abantu benshi mu baseseranye mu 2025.
Brig. Gen. Ronald Rwivanga wari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, yatangiye inshingano ze nk’Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zihora ziteguye gutabara aho rukomeye (EASF), yizeza gukorera mu mucyo no kurangwa n'ubunyamwuga.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yerekanye ko ibikorwa byo kubungabunga amahoro muri ibi bihe bikomwa mu nkokora n’imvugo z’urwango bityo ko hakwiye kugira igikorwa.
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 20 Gicurasi, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ibirori by'umunsi wahariwe ababyeyi bakuru ku ishuri rya Green Hills Academy
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya inkongi n’ubutabazi, ryahuguye abanyeshuri n’abarezi basaga 1000 bo mu Ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyingiro rya Diyosezi ya Ruhengeri, (ETEFOP TSS), mu Karere ka Musanze, ku bijyanye no gukumira no kurwanya inkongi n'ingaruka zazo.
Ambasaderi Urujeni Bakuramutsa yashyikirije Papa Leo XIV impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Leta ya Vatican
Ingabo z’u Rwanda zakiriye inama ya 7 ya Komisiyo ihuza u Rwanda n’ Uburusiya ishinzwe ubufatanye mu bya gisirikare. Iyi nama izamara iminsi itatu, kuva tariki ya 20 kugeza ku ya 22 Gicurasi 2026.