Umuyobozi wa MONUSCO yageze i Goma mu rwego rwo gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge

U Rwanda na RDC barebeye hamwe aho bagejeje ibyo bemeje washington.

U Bufaransa bwemeje ko hari Abanyarwanda 36 buri gukoraho iperereza ku byaha bya Jenoside 

FERWAFA yahagaritse by’agateganyo 2 baketsweho ruswa no gukoresha amarozi

Umuyobozi wa MONUSCO yageze i Goma mu rwego rwo gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge

U Rwanda na RDC barebeye hamwe aho bagejeje ibyo bemeje washington.

U Bufaransa bwemeje ko hari Abanyarwanda 36 buri gukoraho iperereza ku byaha bya Jenoside 

Kwibuka

U Bufaransa bwemeje ko hari Abanyarwanda 36 buri gukoraho iperereza ku byaha bya Jenoside 

Tariki 24 Mata 1994: Inkotanyi zatangiye guhungisha abo zarokoye, Abatutsi 30000 bicirwa i Butare

Inkuru Nshya

Urugwiro

Perezida Kagame yakiriye itsinda riyobowe n’Umuyobozi wa Chery Holding Group yo mu Bushinwa

Politiki

Minisitiri Dr. Gasore yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya Africa We Build Summit 2026

Ubuhinzi

Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda asaga miliyari 14 mu minsi itanu

Ibidukikije

Meteo Rwanda yateguje imvura nyinshi ishobora guteza ibiza muri Mata

Imideli

Amamaza hano

Advertise here: 310 x 328

Uburezi

NESA yatangaje uko abanyeshuri bazasubira ku mashuri guhera ku wa 17 Mata 2026

Inkuru zamamaza

Amashusho

🔴🔴AMAKURU 23.04.202 || BEATRICE MUNYENYEZI YASABIWE GUFUNGWA BURUNDU || IMIHANDA YA BUS MURI KIGALI

🔴🔴UBUSHINJACYAHA BWONGEYE GUSABIRA MUNYENYEZI BÉATRICE IGIFUNGO CYA BURUNDU

🔴EXTENDED HIGHLIGHTS | GORILLA FC 1-1 RAYON SPORT FC || IREBERE IBITEGO BYOSE / PEACE CUP 1/2

🔴🔴 AMAKURU 22.04.2026 || AMERIKA ISABYE CONGO IKINTU GIKOMEYE|| MISS JOLLY YUJUJE UMUTURIRWA ||

🔴LIVE : BAYOBOWE NA GISHWEKA NA ASMAN IREBERE UKO GIKUNDIRO ISESEKAYE KURI PELE STADIUM

🔴 Tembera mu nzu ya Mutesi Jolly | Ibintu 8 byihariye, Ibyumba 5, aho kurebera filime na Gym

🔴🔴AMAKURU AGEZWEHO 22.04.2026 || PEREZIDA KAGAME YAKIRIYE UMUYOBOZI WA GAVI | KWIBUKA I HUYE

CAVB Men’s Club Championship is knocking || Rwanda earns praise for hosting

Imyidagaduro

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent uzwi cyane nka ‘Yago’, ari mu mashimwe menshi nyuma y’uko asezerewe mu bitaro aho yari amaze iminsi arwariye bitewe n’impanuka ikomeye y’imodoka yakoze mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 16 Mata 2026.
Umuhanzi akaba n'umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi Element Eleeeh yashyize hanze indirimbo ye nshya ‘ Ayayaah’ ,  yakoranye n’abahanzi bakomeye bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Joshua Baraka wo muri Uganda na Bien Aime wo muri Kenya.
Umuhanzi w’injyana gakondo y’umuziki Nyarwanda, Jules Sentore yatangaje ko agiye gukora igitaramo cya mbere mu bitaramo bitatu ateganya gukora biherekeza Album ye yise ‘Umudende’ aheruka gushyira hanze.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly ari mu byishimo byinshi nyuma y’uko inzu ye y’umuturirwa iherereye Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali yuzuye.

Imikino

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo Ushinzwe ibikoresho muri Gorilla FC ndetse n’Umutoza wongerera imbaraga abakinnyi b'Amagaju FC, mu bikorwa byose bijyanye n'umupira w'amaguru kubera imyitwarire idahwitse.

Inkuru Nshya

Umuyobozi w’ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), James Swan, yageze i Goma kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2026, mu ruzinduko rwe rwa mbere akoreye mu burasirazuba bw’igihugu kuva yatangira inshingano ze.
Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu karere k’Ibiyaga Bigari, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byongeye guhurira mu nama ya dipolomasi i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, igamije gusuzuma aho ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro rigeze.
U Bufaransa bwatangaje ko hari Abanyarwanda 36 bari gukorwaho iperereza kugira ngo bazaburanishwe ku byaha bakekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda.
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo Ushinzwe ibikoresho muri Gorilla FC ndetse n’Umutoza wongerera imbaraga abakinnyi b'Amagaju FC, mu bikorwa byose bijyanye n'umupira w'amaguru kubera imyitwarire idahwitse.
Minisiteri y’Ibikorwaremezo, yatangaje ko gukoresha bisi ari kimwe mu bisubizo byafasha mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli, abafite imodoka zabo bagirwa inama yo kuziparika bakayoboka bisi.
Ku itariki nk’iyi mu 1994 ni bwo Ingabo za FPR Inkotanyi zatangiye guhungisha abo zari zarokoye ziberekeza mu bice bitarimo imirwano bya Byumba na Gahini.
Amakipe ya APR VC, Police VC na Kepler VC ari mu makipe ahagarariye u Rwanda yitwaye neza mu mikino yayo ya mbere muri Shampiyona Nyafurika yʼAbagabo muri Volleyball, CAVB Menʼs Club Championship 2026, REG VC yo ntiyahirwa.
Urwego Ngenzuramikorere Ishami rishinzwe kugenzura Amazi, isuku n’isukura ryatangije gahunda y'ubukangurambaga yo kurebera hamwe ibibazo n’imbogamizi biboneka muri serivise y’imitangire n’imikoreshereze y’amazi hagamijwe gufatanya n’abaturage n’inzego bireba uko ibibazo biri muri uru rwego byavugutirwa umuti urambye.

Ikoranabuhanga

Ibihari