Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora
Ikigo cy’Ubutaka mu Rwanda (NLA), cyatangaje ko guhera mu kwezi gutaha kwa Nyakanga 2026, hazongerwa umubare w’abakozi mu rwego rwo kugabanya ubukererwe bukunze kugaragazwa mu gutanga serivisi z’ubutaka