Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Izingiro ry’ibibazo by’Abanyarwanda muri Uganda | Perezida Museveni niwe ufite urufunguzo

Abanyarwanda muri Uganda, Ibibazo bahura nabyo biva he?

ABADEPITE BASABYE KO INGENGO Y’IMARI YITA KU KONGERA UBUMENYI N’UBUSHAKASHATSI MU BUHINZI

INGENGO Y’IMARI YARIYONGEREYE|| UKO GUVERINOMA YITEGUYE GUHANGANA N’IZAMUKA RY’IBICIRO KU ISOKO

Iby’ingenzi wamenya ku Kigo cy’Igihugu cya AI u Rwanda rwashyizeho | AI izakoreshwa muri byose

IBYO WAMENYA KU BAYOBOZI BASHYA PEREZIDA KAGAME YASHYIZE MU NSHINGANO || IMPINDUKA MURI GUVERINOMA

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Imyidagaduro

Ikipe ya RSSB Tigers yazengurutse Umujyi wa Kigali yerekana igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026) yegukanye isoreza mu gitaramo yishimanyemo n'abanya-Kigali
Umujyi wa Kigali watangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 13 Kamena 2026, mu mbuga ya Kigali Convention Centre haturikirizwa ibishashi by’umuriro ‘fireworks’ mu rwego rwo kwishimira igikombe cya BAL 2026 RSSB Tigers BBC yegukanye.
Umuhanzi Bruce Melody yatangaje ko abarenga 500 biganjemo urubyiruko bahawe imirimo mu gutegura igitaramo kibimburira ibindi bizenguruka igihugu byiswe ‘Summer Country Tour’ bigiye gutangirira mu Karere ka Musanze.
Itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Vestine na Dorcas, ryatangaje ko ryamaze gutandukana na Irene Murindahabi uzwi nka M Irenen wari warebereraga inyungu z'iri tsinda kuva mu 2020.

Inkuru Nshya

Ubushakashatsi bwa OMS bwo muri 2023 bwagaragaje ko 3.8% by'abaturage ku isi bagize ikibazo cy’agahinda gakabije, harimo 5% bafite imyaka y’ubukure “4% ku bagabo na 6% ku bagore ", ndetse na 5.7% by'abantu bafite imyaka 60 n'irenga. 
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yavuze ko urwego rw’Ikoranabuhanga n’Itumanaho (ICT) ruri mu mpamvu zikomeye zituma u Rwanda rukomeje gutekereza kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri
Umugaba w’Ingabo z’u Bufaransa zishinzwe imikoranire n'ibihugu bya Afurika, Maj Gen Pascal Ianni, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuva ku wa 18 kugeza ku wa 20 Gicurasi 2026.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga ibicuruzwa bipima toni 10.154 byarwinjirije arenga miliyari 21 Frw mu minsi itanu.
Mu myaka itanu ishize, abahinzi bo mu Karere ka Gicumbi bemeza ko bari bazahajwe n’isuri yatwaraga ubutaka bwabo, bityo bigatuma umusaruro w’ubuhinzi uhora ari muke, bagahorana inzara ndetse n’ubukene bukabije
U Rwanda n’u Burusiya byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu rwego rw’ubuzima, agamije guteza imbere inzego z’ubuvuzi no kubakira ubushobozi abakozi babwo, mu rwego rwo kurushaho kunoza serivisi zihabwa abaturage
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Uwera Jean Maurice, yatangaje ko imipaka ihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idafunze ahubwo ko hashyizweho ingamba zo kugenzura buri wese uyinyuraho, mu rwego rwo gukumira iki cyorezo
Filime ‘Ben’Imana’ yayobowe n’Umunyarwandakazi Dusabejambo Clémentine, yerekanwe mu Iserukiramuco mpuzamahanga rya sinema rya Festival de Cannes riri kubera mu Bufaransa, iba filime ya mbere iyobowe n’Umunyarwanda itoranyijwe muri iri serukiramuco rikomeye ku rwego rw’Isi