Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi n’umugore we NkuruNZIZA Retina bakiriwe ku mugaragaro mu Itorero rya Shalom Covenant Church ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye kujya basengera ndetse bakahakorera umurimo w’ivugabutumwa.
Umunyamakuru Niyigaba Clement wamamaye nka DC Clement , yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ko yarekurwa agakurikiranwa ari hanze, ku mpamvu zitandukanye zirimo kuba ari ubwa mbere akoze icyaha, umugore we urwaye ndetse n’izindi.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yemeje ko azataramira mu Bwongereza, mu gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 27 Kamena 2026.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi n’umugore we NkuruNZIZA Retina bakiriwe ku mugaragaro mu Itorero rya Shalom Covenant Church ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye kujya basengera ndetse bakahakorera umurimo w’ivugabutumwa.
Umunyamakuru Niyigaba Clement wamamaye nka DC Clement , yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ko yarekurwa agakurikiranwa ari hanze, ku mpamvu zitandukanye zirimo kuba ari ubwa mbere akoze icyaha, umugore we urwaye ndetse n’izindi.