Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

KWIBUKA32 : KU MAYAGA YA NTONGWE BISHIMIYE INZU Y’AMATEKA YA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BUBAKIWE

🔴🔴 AMAKURU 27.04.2026 | PARIKI Y’AKAGERA YINJIJE AKAYABO | DC CLEMENT MU RUKIKO | ABATAWE MURI YOMBI

🚨🚨INTSINZI IRARYOHA!! IREBERE UKO ABASIRIKARE BISHIMANYE N’ABAKINNYI BA APR VC MURI BK ARENA|

🔴 Rayon Sports igeze kuri Stade Kamena | Kwizera Olivier arahari | Amagaju FC nayo yahageze

🔴 BISI NI NZIZA, IKIBAZO DUTUYE NABI | ARIKO NA NONE WINTWARA MANITSE AMABOKO NK’INKA

🔴Wasili yishongoye kuri APR FC |Rayon Sports yafashe irangi, ubu ni uguca agasuzuguro | Umva umugani

🔴🔴 AMAKURU AGEZWEHO 26.04.2026 | ABA POLISI BASOJE AMAHUGURWA, ADEPR YAGIZE ICYO IVUGA

Extended Highlights | Amagaju FC 0 – 2 Rayon Sports FC | 26 April 2026

Imyidagaduro

Yifashishije konti ye ya X, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Mata 2026 Anne yasangije abamukurikira ubutumwa yageneye umugabo we Martin Nyirijabo kuri uyu munsi w’isabukuru ye y’amavuko.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi n’umugore we NkuruNZIZA Retina bakiriwe ku mugaragaro mu Itorero rya Shalom Covenant Church ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye kujya basengera ndetse bakahakorera umurimo w’ivugabutumwa.
Umunyamakuru Niyigaba Clement  wamamaye nka DC Clement , yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo  ko yarekurwa agakurikiranwa ari hanze, ku mpamvu zitandukanye zirimo kuba ari ubwa mbere akoze icyaha, umugore we urwaye ndetse n’izindi.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yemeje ko azataramira mu Bwongereza, mu gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 27 Kamena 2026.

Imikino

Inkuru Nshya

Ubuyobozi bw’inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahaye leta inama zigamije kunoza ishyirwa mu bikorwa ry’ amasezerano hagati ya RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’ayo hagati ya RDC n’u Rwanda.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe iterambere RDB, rwatangaje ko mu 2025 ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda miliyoni 685$ aho byiyongeye ugereranyije na miliyoni 647$ bwari bwarwinjirije mu 2024 bigaragaza ubwiyongere bwa 6%.
Kaminuza y’u Rwanda,UGHE, INES Ruhengeri na Aarhus yo muri Denmark, byinjiye mu bufatanye bugamije guteza imbere urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda no hanze yarwo.
Yifashishije konti ye ya X, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Mata 2026 Anne yasangije abamukurikira ubutumwa yageneye umugabo we Martin Nyirijabo kuri uyu munsi w’isabukuru ye y’amavuko.
Imikino y’amatsinda muri Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball iri kubera mu Rwanda, yasojwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2026. Hakinwe umunsi wayo wa nyuma utahiriye APR VC yari itaratsindwa iratsikira, uhira Kepler VC na REG VC zari zaratakaje umukino umwe mbere, Police VC ikomeza kwema isoza idatsinzwe.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga arasaba afafite ibinyabiziga by’umwihariko abatwara moto kubahiriza gahunda yashyizweho mu mujyi wa Kigali yo gutwara abagenzi rusange mu buryo bwa bisi,birinda kunyura mu gisate cyagenewe bisi mu masaha yashyizweho.
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MoYA), ku bufatanye na Banki y’Iterambere ry’u Rwanda (BRD), yashyizeho ikigega cyihariye cyiswe Aguka Youth Fund, kigamije guteza imbere urubyiruko n’abahanzi babinyujije mu kuborohereza kugera kuri serivisi z’imari no kubona igishoro cyo guteza imbere imishinga yabo
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga arasaba abafite ibinyabiziga by’umwihariko abatwara moto kubahiriza gahunda yashyizweho mu mujyi wa Kigali yo gutwara abagenzi rusange mu buryo bwa bisi,birinda kunyura mu gisate cyagenewe bisi mu masaha yashyizweho.