Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

KWIBUKA32 : KU MAYAGA YA NTONGWE BISHIMIYE INZU Y’AMATEKA YA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BUBAKIWE

🔴🔴 AMAKURU 27.04.2026 | PARIKI Y’AKAGERA YINJIJE AKAYABO | DC CLEMENT MU RUKIKO | ABATAWE MURI YOMBI

🚨🚨INTSINZI IRARYOHA!! IREBERE UKO ABASIRIKARE BISHIMANYE N’ABAKINNYI BA APR VC MURI BK ARENA|

🔴 Rayon Sports igeze kuri Stade Kamena | Kwizera Olivier arahari | Amagaju FC nayo yahageze

🔴 BISI NI NZIZA, IKIBAZO DUTUYE NABI | ARIKO NA NONE WINTWARA MANITSE AMABOKO NK’INKA

🔴Wasili yishongoye kuri APR FC |Rayon Sports yafashe irangi, ubu ni uguca agasuzuguro | Umva umugani

🔴🔴 AMAKURU AGEZWEHO 26.04.2026 | ABA POLISI BASOJE AMAHUGURWA, ADEPR YAGIZE ICYO IVUGA

Extended Highlights | Amagaju FC 0 – 2 Rayon Sports FC | 26 April 2026

Imyidagaduro

Yifashishije konti ye ya X, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Mata 2026 Anne yasangije abamukurikira ubutumwa yageneye umugabo we Martin Nyirijabo kuri uyu munsi w’isabukuru ye y’amavuko.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi n’umugore we NkuruNZIZA Retina bakiriwe ku mugaragaro mu Itorero rya Shalom Covenant Church ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye kujya basengera ndetse bakahakorera umurimo w’ivugabutumwa.
Umunyamakuru Niyigaba Clement  wamamaye nka DC Clement , yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo  ko yarekurwa agakurikiranwa ari hanze, ku mpamvu zitandukanye zirimo kuba ari ubwa mbere akoze icyaha, umugore we urwaye ndetse n’izindi.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yemeje ko azataramira mu Bwongereza, mu gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 27 Kamena 2026.

Imikino

Inkuru Nshya

Amakipe ane ya APR VC, Kepler VC, Police VC na REG VC ahagararaiye u Rwanda muri Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball (CAVB Men's Club Championship 2026), ari muri 16 yakomeje mu cyiciro gikurikira cya ⅛ , nyuma yo kwitwara neza mu mikino y’amatsinda.
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana mu karere ka Nyanza hafungiye umwarimu wigisha ku ishuri ribanza akekwaho kwiba mugenzi we akoresheje ikoranabuhanga.
Kuri uyu wa Gatatu, hateganyijwe imikino ikomeye ya Volleyball izabera muri BK Arena, aho amakipe ahagarariye u Rwanda azaba ahatanira kujya muri kimwe cya kane cy’irushanwa (Quarter Finals).
Ishoramari rya miliyari 2,62 z’amadolari ryanditswe mu Rwanda mu mwaka wa 2025 mu mishinga igera kuri 799 yiyongereye ivuye kuri 612 mu mwaka wabanje wa 2024, yitezweho gutanga imirimo 38,000.
Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje gahunda nshya yo gushinga umutwe wihariye uzajya ucunga umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe kivugwa mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Ubuyobozi bw’inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahaye leta inama zigamije kunoza ishyirwa mu bikorwa ry’ amasezerano hagati ya RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’ayo hagati ya RDC n’u Rwanda.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe iterambere RDB, rwatangaje ko mu 2025 ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda miliyoni 685$ aho byiyongeye ugereranyije na miliyoni 647$ bwari bwarwinjirije mu 2024 bigaragaza ubwiyongere bwa 6%.
Kaminuza y’u Rwanda,UGHE, INES Ruhengeri na Aarhus yo muri Denmark, byinjiye mu bufatanye bugamije guteza imbere urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda no hanze yarwo.