Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Abanyarwanda barimo umuhanzikazi Buter Knowless, Mutesi Jolly, Sherrie Silver na Clapton Kibonge bashyizwe mu bahataniye ibihembo bya Zikomo Africa & Caribbean bizatangirwa i Dar es Salaam muri Tanzania tariki 9 Ukuboza 2026.
Munyakazi Sadate yongeye gutanga igitekerezo gikomeye ku myambarire y’umuraperi w’Umurundi Kirikou Akili, nyuma y’uko uyu muhanzi yaserukanye kuri BK Arena mu gitaramo yari yahuriyemo na Kivumbi King. Sadate yavuze ko ikibazo cy’imyambarire n’imyitwarire imbere y’urubyiruko kidakwiye kureberwa ku bagore gusa, ahubwo ko n’abagabo bafite ijambo mu rubyiruko bakwiye kubazwa urugero batanga.
Kimenyi Yves yavuze ku mubano we na Muyango Claudine, ahishura uko amufata nyuma y’ibyagiye bivugwa ku mibanire yabo, ariko avuga ko hari ibyo adashaka kujya mu mizi abisobanuraho.
Uwahoze ari umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Kimenyi Yves, yahakanye amakuru amaze igihe akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba afite abandi bana barimo impanga.

Imikino

Inkuru Nshya

Mu gihe cy’uru ruzinduko, Perezida Kagame na Sultan Haitham bagiranye ibiganiro byibanze ku buryo bwo kurushaho gushimangira umubano hagati y’u Rwanda na Oman, no kwagura inzego z’imikoranire kugira ngo ibihugu byombi bikomeze kungukira mu bufatanye busanzwe buhari.
Abanyarwanda barimo umuhanzikazi Buter Knowless, Mutesi Jolly, Sherrie Silver na Clapton Kibonge bashyizwe mu bahataniye ibihembo bya Zikomo Africa & Caribbean bizatangirwa i Dar es Salaam muri Tanzania tariki 9 Ukuboza 2026.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo, Col. Claudien Bizimungu, yatangije ku mugaragaro imirimo yo kwagura no kuvugurura umuhanda Prince House–Giporoso–Masaka ureshya n’ibilometero 10,3.
Impano Sultan Haitham bin Tarik yahaye Perezida Paul Kagame mu ruzinduko rwe muri Oman ntabwo yari urwibutso rusanzwe, ahubwo yari inkota gakondo ifite igisobanuro gikomeye mu mateka, umuco n’indangagaciro by’iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa, Lt Gen (Rtd) Emmanuel Karenzi Karake, yakiriye itsinda ry’abashoramari b’Abashinwa bahagarariye ibigo bikorera mu nzego zitandukanye, mu rwego rwo kubereka amahirwe ahari mu Rwanda no kubashishikariza kuhakorera ibikorwa by’ishoramari.
Perezida Paul Kagame, uri mu ruzinduko mu Bwami bwa Oman, yasuye ahantu habiri h’ingenzi mu mujyi wa Salalah, ahamenya byinshi ku mateka n’umuco bya Oman ndetse n’uburyo iki gihugu kiri guteza imbere ubuhinzi bugezweho.
Amb. Jean de Dieu Uwihanganye, wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, yabonye imirimo mishya mu Kigo cya Raffles Family Office (RFO) gifite icyicaro muri Hong Kong
Perezida w’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda, Me Nkundabarashi Moïse, yasabye ko abantu n’ibigo bitandukanye barushaho gukoresha inzira y'ubuhuza, ubukemurampaka n’izindi nzira z’amahoro mu gukemura amakimbirane, mbere yo kwitabaza inkiko.