Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🚨Umusore atanze ubuhamya bw’uko yaretse ibyuma bituma CG Namuhoranye amwemerera akazi

MINISITIRI UTUMATWISHIMA YASABYE ABAFITE AMAKURU Y’AHAKIRI IBYUMA NGO BIMENWE

Abanyeshuri 7 mu 100 nibo bajyaga kwiga babayo |

ABABIRIMO TURAZA GUHANGANA|| PEREZIDA KAGAME AVUZE KU NZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE

PEREZIDA KAGAME YINJIYE MU KIBAZO CYA SCOVIA NA MINISITIRI || AKWIYE KUGUSABA IMBABAZI ARI WE ||

Wa mwana w’i Nyamasheke nawe yahembwe na MINEDUC 😍😍😍

ABIGA MU MASHURI YIGENGA BAKOMEJE GUHIUGA ABANDI |REBA UKO ABANYESHURI BATSINZE MU BIZAMINI BYA LETA

BOGESHAGA AMACUPA IBITI |IBIKORESHO BYAZANYE INGESE || RIB IVUZE KU MWANDA INGANDA ZAKORANAGA INZOGA

Imyidagaduro

Munyakazi Sadate yongeye gutanga igitekerezo gikomeye ku myambarire y’umuraperi w’Umurundi Kirikou Akili, nyuma y’uko uyu muhanzi yaserukanye kuri BK Arena mu gitaramo yari yahuriyemo na Kivumbi King. Sadate yavuze ko ikibazo cy’imyambarire n’imyitwarire imbere y’urubyiruko kidakwiye kureberwa ku bagore gusa, ahubwo ko n’abagabo bafite ijambo mu rubyiruko bakwiye kubazwa urugero batanga.
Kimenyi Yves yavuze ku mubano we na Muyango Claudine, ahishura uko amufata nyuma y’ibyagiye bivugwa ku mibanire yabo, ariko avuga ko hari ibyo adashaka kujya mu mizi abisobanuraho.
Uwahoze ari umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Kimenyi Yves, yahakanye amakuru amaze igihe akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba afite abandi bana barimo impanga.
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Divine Joshua Ikubor uzwi nka Rema, uri mu bakomeye mu njyana ya  Afrobeats, yatanze ibyishimo bisendereye ku bihumbi by’abakunzi b’umuziki bari muri BK Arena mu gitaramo cyaherekeje umuhango wo Kwita Izina wabaye ku wa Gatanu.

Imikino

Inkuru Nshya

Abanyarwanda batabonye amahirwe yo gufotorwa no gutanga ibipimo ndangamiterere mu gihe cya gahunda rusange yo kwiyandikisha ku ndangamuntu koranabuhanga, baracyahabwa amahirwe yo kubikora ku masite akomeje gutangirwaho iyi serivisi.
Ikipe ya FC Ujeco yo muri Djibouti yasinyishije abakinnyi babiri b’abanyarwanda Iradukunda Brillante ukina mu busatirizi na Mutuyemariya Florentine uzwi nka Kalaba nyuma y’uko bayikiniye muri CECAFA y’abagore yo gushaka itike ya CAF Women’s Champions League iheruka kubera i Kigali mu Rwanda.
Munyakazi Sadate yongeye gutanga igitekerezo gikomeye ku myambarire y’umuraperi w’Umurundi Kirikou Akili, nyuma y’uko uyu muhanzi yaserukanye kuri BK Arena mu gitaramo yari yahuriyemo na Kivumbi King. Sadate yavuze ko ikibazo cy’imyambarire n’imyitwarire imbere y’urubyiruko kidakwiye kureberwa ku bagore gusa, ahubwo ko n’abagabo bafite ijambo mu rubyiruko bakwiye kubazwa urugero batanga.
Kimenyi Yves yavuze ku mubano we na Muyango Claudine, ahishura uko amufata nyuma y’ibyagiye bivugwa ku mibanire yabo, ariko avuga ko hari ibyo adashaka kujya mu mizi abisobanuraho.
Impera z’icyumweru gishize zaranzwe n’ibikorwa byinshi bitandukanye mu mikino nk’umupira w’amaguru, Volleyball, handball na basketball. Muri iyi nkuru Umunota ugiye kugaruka ku bikorwa by’ingenzi by’imikino byabaye mu mpera z’icyumweru gishize kuva ku wa  Gatanu tariki 4 Nzeri kugeza ku Cyumweru tariki 6 Nzeri 2026.
Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko gushyira imbaraga mu kubaka imiryango ihamye, itekanye kandi ishingiye ku ndangagaciro, avuga ko ibibazo umuryango uhanganye na byo muri iki gihe bisaba urubyiruko kubigiramo uruhare rufatika.
Raporo yagaragaje ko imanza z’ibyaha bibangamiye umuryango nyarwanda zakomeje kwiyongera, aho mu mwaka w’ubucamanza wa 2025/26 hakiriwe imanza 13.998, zivuye ku 12.443 zakiriwe mu wa 2024/25. Bigaragaza ubwiyongere bwa 12%.
Ubuyobozi bw’Umuhora wa Ruguru (Northern Corridor) buravuga ko bwiyemeje gufatanya n’u Rwanda mu kugabanya imyuka ihumanya ikirere iva mu bwikorezi bwo mu muhanda, binyuze mu guhugura abashoferi b’amakamyo ku buryo bwo gutwara ibinyabiziga bukoresha neza lisansi kandi bukagabanya ibyuka bihumanya ikirere.