Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

🔴 Rayon Sports igeze kuri Stade Kamena | Kwizera Olivier arahari | Amagaju FC nayo yahageze

🔴 BISI NI NZIZA, IKIBAZO DUTUYE NABI | ARIKO NA NONE WINTWARA MANITSE AMABOKO NK’INKA

🔴Wasili yishongoye kuri APR FC |Rayon Sports yafashe irangi, ubu ni uguca agasuzuguro | Umva umugani

🔴🔴 AMAKURU AGEZWEHO 26.04.2026 | ABA POLISI BASOJE AMAHUGURWA, ADEPR YAGIZE ICYO IVUGA

Extended Highlights | Amagaju FC 0 – 2 Rayon Sports FC | 26 April 2026

🔴HIGHLIGHTS : MUKURA VS 0 – 3 APR FC || IREBERE IBITEGO BYOSE ; OUATTARA, KIWANUKA NA ALEX BATSINZE

🔴🔴AMAKURU 25.04.2026 || PEREZIDA KAGAME YAVUZE KU BIBAZO BIRI MU KARERE II UWAPFIRIYE MU MUGANDA

🔴🔴AMAKURU 23.04.202 || BEATRICE MUNYENYEZI YASABIWE GUFUNGWA BURUNDU || IMIHANDA YA BUS MURI KIGALI

Imyidagaduro

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yavuze ibigwi umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie wahetuye amasomo ya kabiri y'icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n'icungamutungo kuri ubu akaba agiye gushaka Impamyabumenyi y'Ikirenga 'PHD'.
Umuraperikazi Candy Moon Supplier wamamaye mu muziki Nyarwanda byumwihariko uwo mu Njyana ya Hiphop yahishuye ko ubu ari mu rukundo na M1 bamenyanye mu bwana.
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent uzwi cyane nka ‘Yago’, ari mu mashimwe menshi nyuma y’uko asezerewe mu bitaro aho yari amaze iminsi arwariye bitewe n’impanuka ikomeye y’imodoka yakoze mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 16 Mata 2026.
Umuhanzi akaba n'umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi Element Eleeeh yashyize hanze indirimbo ye nshya ‘ Ayayaah’ ,  yakoranye n’abahanzi bakomeye bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Joshua Baraka wo muri Uganda na Bien Aime wo muri Kenya.

Imikino

Inkuru Nshya

Pariki y’Igihugu y’Akagera yatangaje ko mu gihembwe cya mbere cya 2026 yasuwe n’abantu barenga 11.700, bituma yinjiza arenga miliyoni 1,3$, ni ukuvuga asaga miliyari 1,9 Frw mu mezi atatu gusa.
Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu Habimana Dominique yifatanyije n'abaturage bo mu karere ka Kamonyi,mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Shampiyona nyafurika yʼamakipe yʼabagabo muri Volleyball (CAVB Menʼs Club Championship 2026) yakomeje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 25 Mata 2026, hakinwa imikino 12 y’umunsi wa gatatu, wasize amakipe ane ahagarariye u Rwanda yose yitwaye neza.
Polisi y’igihugu yatangaje ko Abapolisi 1697 barimo n’abacungagereza basoje ku mugaragaro icyiciro cya kane cy’amahugurwa y’ibanze y’ibikorwa bya Polisi byihariye mu gucunga umutekano (Basic Police Special Forces course 04/2026).
Mu gusoza urugendoshuri ku mateka y’Urugamba rwo Kubohora igihugu rwakozwe na RPA, abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya RDF bagiranye ikiganiro n’abayobozi bakuru ba gisirikare ku cyicaro gikuru cya RDF i Kimihurura, bagamije kurushaho gusobanukirwa amateka yo kubohora u Rwanda.
Kuri iyi tariki yishwe Abatutsi ku maparuwasi atandaukanye mu gihugu ndetse ni bwo hishwe Abatutsi bari bahungiye kuri ISAR Rubona.
Umuhanzikazi Clarisse Karasira yavuze ibigwi umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie wahetuye amasomo ya kabiri y'icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n'icungamutungo kuri ubu akaba agiye gushaka Impamyabumenyi y'Ikirenga 'PHD'.
Abasesenguzi n’abatuye Umujyi wa kigali basanga gahunda ya Leta yo gushishikariza abantu kuyoboka bisi ari nziza ariko bagashimangira ko hakwiye gutekerezawa uburyo abantu bagenda neza by'umwihariko kugenda badahagaze, bakabona imbogamizi mu kuba hari abatuye aho zitanagera.