Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Izingiro ry’ibibazo by’Abanyarwanda muri Uganda | Perezida Museveni niwe ufite urufunguzo

Abanyarwanda muri Uganda, Ibibazo bahura nabyo biva he?

ABADEPITE BASABYE KO INGENGO Y’IMARI YITA KU KONGERA UBUMENYI N’UBUSHAKASHATSI MU BUHINZI

INGENGO Y’IMARI YARIYONGEREYE|| UKO GUVERINOMA YITEGUYE GUHANGANA N’IZAMUKA RY’IBICIRO KU ISOKO

Iby’ingenzi wamenya ku Kigo cy’Igihugu cya AI u Rwanda rwashyizeho | AI izakoreshwa muri byose

IBYO WAMENYA KU BAYOBOZI BASHYA PEREZIDA KAGAME YASHYIZE MU NSHINGANO || IMPINDUKA MURI GUVERINOMA

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Imyidagaduro

Ikipe ya RSSB Tigers yazengurutse Umujyi wa Kigali yerekana igikombe cya Basketball Africa League (BAL 2026) yegukanye isoreza mu gitaramo yishimanyemo n'abanya-Kigali
Umujyi wa Kigali watangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 13 Kamena 2026, mu mbuga ya Kigali Convention Centre haturikirizwa ibishashi by’umuriro ‘fireworks’ mu rwego rwo kwishimira igikombe cya BAL 2026 RSSB Tigers BBC yegukanye.
Umuhanzi Bruce Melody yatangaje ko abarenga 500 biganjemo urubyiruko bahawe imirimo mu gutegura igitaramo kibimburira ibindi bizenguruka igihugu byiswe ‘Summer Country Tour’ bigiye gutangirira mu Karere ka Musanze.
Itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Vestine na Dorcas, ryatangaje ko ryamaze gutandukana na Irene Murindahabi uzwi nka M Irenen wari warebereraga inyungu z'iri tsinda kuva mu 2020.

Inkuru Nshya

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, General Mubarakh Muganga, yakiriye itsinda rigizwe n’abanyeshuri n’abarimu bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ryo mu Buhinde ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda.
Kuri uyu wa Kane, ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo, bafatanyije n’ ’ingabo zituruka mu bindi bihugu, Polisi y’Umuryango w’Abibumbye, ndetse n’abakozi b’abasivili , bakoze igikorwa cy’umuganda w'isuku no kubungabunga ibidukikije ku ishuri ribanza ry’abahungu rya Juba
Mu isiganwa ry’amagare rya Cameroon (Tour du Cameourn 2026) ikipe ya Benediction Banafrica Team ihagarariye u Rwanda ikomeje kwitwara neza kuko yasoje agace ka kabiri iyoboye amakipe ku rutonde rusange.
Abanyeshuri batanu b'Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kaminuza ya 'Kent State' yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagerageje gutwara indege bwa mbere
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga migari y’ibikorwaremezo bigezweho hagamijwe guteza imbere imibereho myiza n’iterambere rirambye mu gihugu rigeze kuri 91% muri rusange.
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo hoteli enye zirimo iyo mu Mujyi wa kigali n’izindi zo mu ntara kubera gutanga serivisi zo kwakira abantu zitujuje ibisabwa.
Amerika yagaragaje ko FDLR ibikorwa by’ihohotera bya FDLR birimo ubwicanyi, gushora abana mu mirwano, gufata ku ngufu no gushimuta abaturage, bibangamiye umutekano w’akarere.