Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Nkunganire ya 18%, Fuel

MINISITIRI W’INTEBE YASHIMIYE RSSB TIGERS BBC YATWAYE BAL |YAHUMURIJE ABANYARWANDA| LETA IRITEGUYE

IBY’UMUSHAHARA FATIZO, NKUNGANIRE N’IMISHINGA YADINDIYE BYOSE BISHYIZWEHO UMUCYO

Nta byacitse ihari,| Ingaruka z’intambara ya Iran ku bukungu bw’u Rwanda | PM Dr. Justin Nsengiyumva

TWASHYIZE IMBARAGA HAMWE || THE BEN NA BRUCE MELODIE BATEGUJE IBIDASANZWE MURI COUNTRY SUMMER TOUR |

INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE IGANISHA KU RUPFU|| NI UGUPFA UHAGAZE UKAGWINGIRA MU MITEKEREREZE

Imyidagaduro

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko bateganya gushishikariza abashoramari gutangira gushora imari mu guteranya imodoka z’ikoresha amashanyarazi bikorewe imbere mu gihugu.
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora

Inkuru Nshya

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi afunze, akurikiranweho icyaha cyo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi
Abayoboke b'Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Buri Muntu (PL) bibutse ku nshuro ya 32 abari abayobozi n'abayoboke baryo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu gikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 13 Mata 2026.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thiery, yatangaje ko mu 2026 ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibisa nkayo byagabanutse ugereranyije n’uko byari bimeze mu 2025.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye iperereza ku bikorwa by’ubujura bivugwa mu murenge wa Mudende mu karere ka Rubavu ikanagira inama abaturage kwirinda ibi bikorwa.
Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye muri Canada bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, biyemeza u kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside uko yakwigaragaza kose.
Umujyi wa Kigali watangaje ko 98% by’abawutuye bamaze kwifotoza no gukosoza amakuru ajyanye n’imyirondoro yabo muri gahunda yo gutanga Indangamuntu Koranabuhanga.
Komite Nyobozi y’Ihuriro ry’Abafana b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahagaritse mu nshingano Muhawenimana Claude wari umuyobozi waryo, akurikiranyweho kunyereza Miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda zari zigenewe abafana mu gihe cy’imikino ya FIFA Series 2026.
Tariki 14 Mata 1994, kuri kiriziya ya Kibeho, Interahamwe zifatanyije n’abategetsi zarimbuye Abatutsi barenga 25.000 bari bahungiye ku Kiliziya no mu mazu ya Paruwasi gaturika ya Kibeho. Abatutsi babanje kwirwanaho bifashishije ibikoresho bari bafite. Abatutsi bashoboye guhangana n’igitero cyo ku wa 12 Mata 1994 barakinesha.