Inkuru Nshya

Politiki

Ubuhinzi

Ibidukikije

Amashusho

Tuzarambiriza kuri Nkunganire kugera ryari? Hari ahadakwiye nkunganire| Ingaruka z’intambara ya Iran

Ubukungu, buteganyijwe kuzamuka kuri 6.8%

Nkunganire ya 18%, Fuel

MINISITIRI W’INTEBE YASHIMIYE RSSB TIGERS BBC YATWAYE BAL |YAHUMURIJE ABANYARWANDA| LETA IRITEGUYE

IBY’UMUSHAHARA FATIZO, NKUNGANIRE N’IMISHINGA YADINDIYE BYOSE BISHYIZWEHO UMUCYO

Nta byacitse ihari,| Ingaruka z’intambara ya Iran ku bukungu bw’u Rwanda | PM Dr. Justin Nsengiyumva

TWASHYIZE IMBARAGA HAMWE || THE BEN NA BRUCE MELODIE BATEGUJE IBIDASANZWE MURI COUNTRY SUMMER TOUR |

INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE IGANISHA KU RUPFU|| NI UGUPFA UHAGAZE UKAGWINGIRA MU MITEKEREREZE

Imyidagaduro

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko bateganya gushishikariza abashoramari gutangira gushora imari mu guteranya imodoka z’ikoresha amashanyarazi bikorewe imbere mu gihugu.
Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora

Inkuru Nshya

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi woherejwe mu mahanga winjirije u Rwanda asaga miliyari 13.8Frw.
Kuri uyu wa Gatatu mu murwa mukuru w'igihugu cya Tchad ariwo N’Djamena, u Rwanda na Tchad byashyize umukono ku masezerano ashyiraho Komisiyo ihuriweho y’ubufatanye, igamije kurushaho guteza imbere umubano hagati y’ibihugu byombi
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yazamuye abapolisi mu ntera, aho harimo n'abofisiye bo ku rwego rukuru.Aha harimo abari ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP) bazamuwe ku ipeti rya Commissioner of Police (CP), n’abavuye ku ipeti rya Chief Superintendent of Police(CSP) bazamuwe ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police(ACP).
Mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri Chad, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, wari Intumwa Idasanzwe ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakiriwe mu biro bya Perezida wa Chad, Maréchal Mahamat Idriss Déby Itno.
Mata 2026, Abanyarwanda baba mu gihugu cya Nigeria, abayobozi mu nzego za leta ya Nigeria n’iz’umutekano, abahagariye ibihugu byabo, abakozi b’imiryango mpuzamahanga n’inshuti bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni igikorwa cyabereye mu murwa mukuru wa Nigeria, Abuja ku nsangamatsiko y’uyu mwaka: “Kwibuka Twiyubaka.’’ (Remember-Unite-Renew).
Ati “Mu rwego rw’ubutabera, IBUKA yagize uruhare mu gushyigikira Inkiko Gacaca n’imirimo y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha. Yanagize uruhare mu gushaka abatangabuhamya no gutanga amakuru mu manza zibera mu mahanga.”
Madamu Jeannette Kagame yashimangiye ko kwibuka atari igikorwa cyo kuzirikana gusa, ahubwo ko ari ukubaho no kuberaho abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda.