Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yavuze ko adasohora indirimbo kubera igitutu cy’uko hari bagenzi be bari kuzisohora
Uyu mukinnyi w'ikipe y'igihugu ya Chad, ufite uburebure bwa 1.99 m, yakiniraga Casric Stars FC yo muri Afurika y'Epfo kuva muri Mutarama 2025. Mbere yaho yakiniye CR Bernoussi muri Maroc, Colombe Sport na Apejes FC zo muri Cameroun.
Ikipe ya RSSB Tigers ihagarariye u Rwanda yatsinze Johannesburg Giants yo muri Afurika y’Epfo, amanota 102 kuri 89, mu mukino wa Gatatu wa BAL muri Conference ya Kalahari.
Umunyamakuru Niyigaba Clement wamamaye nka DC Clement mu itangazamakuru ry'imyidagaduro mu Rwanda yasabye imbabazi yemeza ko ibyo yakoze yabitewe n'uburakari ahamya ko ari ubwa mbere n'ubwa nyuma akoze ibyamugejeje mu buroko.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yavuze ko nyuma y’imikino ya FIFA Series yaberaga i Kigali yasize u Rwanda ruyitwayemo neza hari abandi bakunnyi bashya bazahamagarwa bakiyongera ku bandi bahamagawe bwa mbere mu Mavubi.